Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Kicukiro: Hagiye kuba igitaramo cyateguriwe abakozi bo mu rugo

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/06/21
in HOME, IYOBOKAMANA
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Inclusive Light World Nursery School ku bufatanye na Family of Hope Ministries bazanye ku nshuro ya Kabiri “URI UW’AGACIRO CONFERENCE” igitaramo kizaba gifite Insanganyamatsiko igira iti:” Icyampa Databuja agasanga umuhanuzi w’i Samariya, yamukiza ibibembe”iboneka mu 2Abami 5:3″.

Ni Igiterane ngaruka mwaka giha umwanya abadufasha imirimo yo mu rugo (Abakozi ) gukurikirana inyigisho zo kwita ku nshingano zabo, kwisuzuma no guhindura aho bitagenze neza.

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

Muri iki giterane aba bakozi bazahabwa umwanya wo Kuramya no guhimbaza  Imana , bari Kumwe n’imiryango bakorera ndetse bakazasoza bagirana umusangiro.

Kur’uyu wa 25 Kamena 2023 nibwo icyi gitaramo giteganyijwe aho intandaro yacyo yaturutse ku iyerekwa ryagizwe na Pastor Alexis SINDAYIGAYA arisangira n’abantu benshi kuko igihe babonaga hirya no hino huzuye ibibazo mu ngo biterwa n’imicungire itari ihagaze neza y’abo bafatanyabikorwa .

Mu kiganiro yagiranye na ibendera.com Pastor Alexis SINDAYIGAYA yavuze ko kuva batangira izi gahunda bagiye babona umwanya wo kuganira ku bibazo bimwe na bimwe bitera ingaruka zitandukanye zirimo izigera ku miryango, harimo abana ndetse n’imibanire ku miryango, ubujura, ubugizi bwa nabi, ubwicanyi, amarozi n’izindi ngaruka zigera kuri aba bakozi nko kubahohotera,
guterwa inda zidateganyijwe, gukubitwa, kwamburwa amafaranga bakoreye n’izindi,….

Pastor Alexis SINDAYIGAYA

Aha Pastor Alexis SINDAYIGAYA agira ati: “Nibyo koko buri ruhande rushobora kugerwaho n’ingaruka zirimo nko gukubitwa, kwamburwa, guhohotera abana cyangwa abagize umuryango n’izindi ngaruka zitandukanye,…..”

Akomeza avuga ko mur’iki gitaramo ntawe uhezwa kuko abantu bose bakitabira bakaramya bakanahimbaza Imana bari hamwe ndetse bakiga ijambo ry’Imana.

Pastor Alexis akomeza avuga ko kuri iyi nshuro bizaba abakarusho kuko ngo hateganyijwe abakozi b’Imana bakomeye bazataramira abantu barimo abahanzi nka Nelson Mucyo, umuhanzi waririmbye  Ifi yawe ntawuzayiroba, Athanase, Claude Bigiriherezo, aba Mc beza, abacuranzi n’amakorali atandukanye, abayobozi mu nzego zitandukanye n’abahagarariye amatorero n’amadini n’abandi bakozi b’Imana batandukanye.

Iki giterane kizaba kur’iki cyumweru tariki 25 Kamena 2023 saa  munani zuzuye (2PM) ku cyicaro cy’Ishuri mu Karere ka Kicukiro, i Nyanza-Kicukiro aho bita kuri ADEPR i Kalembure.

Clement H. Bagemahe

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023
1.5k
HOME

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023
1.4k
HOME

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023
1.5k
HOME

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In