Monday, September 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Kicukiro: Umusore yahuye n’akaga nyuma yo kubura bitanu byo kwishyura indaya yararanye

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/03/05
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umusore ufite imyaka 22 y’amavuko wo mu Karere ka Kicukiro yahuye n’ikibazo gikomeye ubwo yararanaga n’indaya ituye mu Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge nyuma akaza kubura ubwishyu byatumye ifatira ipantaro na telefone ye.

Ibi byabereye mu Mudugudu w’amahoro mu Kagari ka Gacyamo mu Murenge wa Gitega, mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 1 Werurwe 2022.

IZINDI NKURU WASOMA

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Abaturage bo muri aka gace babwiye ikinyamakuru IGIHE dukesha iyi nkuru ko ifatirwa rya telefone n’imyenda by’uyu musore byatewe n’uko yabuze ibihumbi 5 Frw yo kwishyura iyo ndaya bari bararanye.

Umuturage witwa Uwayo Kevin yagize ati:’’Yararanye n’indaya ikuze cyane abura amafaranga yo kuyishyura nk’uko bari bumvikanye, nibwo yafashe imyenda ye na telefone maze itangira kumusohora, umusore ahita atabaza”.

Undi witwa Bizimana Daniel, yagize ati:’’Ni abasore bajya kugura indaya badafite amafaranga, na we ni uko, yagiye akora ibyo akora arangije iramwishyuza atangira kuzana ibya mama wararaye maze ifatira ipantaro, umupira na telefone”.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gitega, Mugambira Etienne, yavuze ko iyo ndaya yaje gusubiza imyenda uwo musore.

Yagize ati:’’Amakuru ni impamo, ni umusore muto wagiranye ikibazo n’indaya kubera ko atari yayishyuye nyuma nibwo umuhungu yabitumenyesheje ko babimutwaye’’.

Yongeyeho ko nyuma y’aho bamenye aya makuru iyi ndaya yasubije uwo musore imyenda ye ariko ntiyamuha telefone.

Uyu muyobozi nta kindi yatangaje kirebana no kuba uyu musore yakurikiranwaho kuba yagiye kwiha akabyizi adafite ubwishyu.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In