Friday, March 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Kicukiro:Yafatanwe amafranga arenga ibihumbi 100 y’amiganano

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/02/02
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Tuyishime François w’imyaka 28 wo mu Karere ka Kicukiro, yafatanwe amafaranga y’u Rwanda 118,000 y’amahimbano.

Kuri iki cyumweru tariki ya 30 Mutarama Polisi ikorera mu Karere ka Kicukiro yafashe Umuturage witwa Tuyishime François Mu Murenge wa Kanombe, Akagari ka Kabeza mu mudugudu wa Rebero
Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Kicukiro Senior Superintendent of Police (SSP) Jeannette Masozera yavuze ko Tuyishime yafashwe biturutse ku mukuru y’umuntu yari agiye guha ariya mafaranga.
Yagize ati:’’Polisi yakiriye amakuru ko hari umukozi w’ikigo cy’itumanaho ubitsa,ubikuza akanoherereza abantu amafaranga wari ugiye kwamburwa na Tuyishime amuhaye amafaranga y’amahimbano’’.
Yabanje kumuha inoti ebyiri z’ibihumbi bitanu ahwanye n’amafaranga ibihumbi 10. Polisi ikimara kumenya aya mukuru yahise ishakisha Tuyishime.
SSP Masozera yakomeje avuga ko Tuyishime amaze gufatwa bamusatse mu mifuka y’imyenda ye bagasangamo izindi noti mpimbano zingana n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 108.
Harimo ibihumbi 95 by’inoti za 5000 na 13000 y’inoti z’igihumbi.
Tuyishime avuga ko ayo mafaranga y’amahimbano yayahawe n’umuntu bari bamaze kugura telefoni.
Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Kicukiro yakanguriye abantu kwirinda amafaranga y’amahimbano kuko ari icyaha gihanwa n’amategeko ndetse bikaba bigira ingaruka ku bukungu bw’Igihugu.
Tuyishime yahise afatwa akaba yahise ashyikirizwa Urwego rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rukorera kuri sitasiyo ya Polisi ya Kanombe kugira ngo hatangire iperereza.
Mu gihe uyu yaramuka ahamijwe n’urukiko ibi byaha akaba ashobora guhanwa n’Itegeko nº68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange aho ingingo ya 269 ivuga ko Umuntu wese uzana cyangwa ukwiza amafaranga y’amiganano mu Rwanda, ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka itanu (5) ariko kitarenze imyaka irindwi (7).

IZINDI NKURU WASOMA

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k
HOME

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In