Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Kigali: Abanyarwanda barasabwa gukoresha Xypex mu kurwanya humidite (ubukonje)mu nzu

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/09/07
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Abakora ibijyanye n’ubwubatsi bahuriye i Kigali basobanurirwa ibijyanye na Xypex ikoresha ikoranabuhanga rya kristalline mu kurwanya Humidite mu nzu yakozwe na Kompanyi yitwa THM Contruction Rwanda.

Eng NDAYISHIMIYE Celestin Umukozi wa THM Construction Rwanda avuga ko iyi gahunda ya Xypex yaje gukemura bimwe mu bibazo byari bikomeje kubangamira abantu mu mazu yabo.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Agira ati:”Uyu munsi dufasha mu kurinda humidite (ubuhehere) mu nzu dukoresheje Xypex bigatuma uburambe bwayo bwiyongera, twagiye dukorera ahantu hatandukanye yaba mu Rwanda, muri Eritrea n’ahandi hanyuranye mu bihugu bya Afrika”.

Asaba Abanyarwanda kuyiyoboka kuko ngo ifite uburambe bw’imyaka 50 kandi akagira inama abantu aho avuga ko bakwiye kwirinda ubukonje (humidite) bwo mu nzu bahitamo ibikoresho bubakisha bwiza kuko ngo bushobora guterwa n’ibikoresho bibi nk’umucanga, sima n’ikirere (uko cyihinduranya) .

Uko iyi poroduwi (produit) ya Xypex ikoreshwa ngo ufata iyi produit iba imeze nka puderi ukavanga n’amazi angana n’iyo puderi ugashyira ha handi hari humidite bigahita bihagarika icyo kibazo.

Iyi produit kandi ngo ishobora gushyirwa muri beto cyagwa se hakabaho kuyishyira ahamaze kwangizwa na Humidite bigahita bikemura ikibazo.

Uyu munsi i Kigali mu Rwanda hakaba habayeho igikorwa cyo kuyisobanurira abakora ibijyanye n’ubwubatsi (engeniers) naho mu  minsi ya vuba hazakurikiraho igikorwa kirebana no gutangaza ibiciro ku bakeneye kuyikoresha.

Mark Garu Umuyobozi wa THM Contruction Rwanda avuga ko bafite gahunda yo gukemura ibibazo byose biterwa na Humidite mu Rwanda akaba ari nayo mpamvu asaba Abanyarwanda kubayoboka.

THM Contruction Rwanda yashinzwe mu Rwanda mu mwaka wa 2004, ikaba ikora ibikorwa by’ubwubatsi bw’amashuri, Ingomero, Umuhanda, insengero, inganda, Amazu yo guturamo,….. hifashishijwe Ikoranabuhanga rya Xypex rimaze imyaka ikabakaba 50 ritangije ikoranabuhanga rya kristalline rifasha mu kurwanya humidite.

Umuyobozi wa THM Contruction Rwanda
Eng NDAYISHIMIYE Celestin Umukozi wa THM Construction Rwanda
Abubatsi (Engeniers) batanduaknye

 

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In