Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Kigali: Biteye agahinda, muri buri karere hapfuye umuntu azize imvura idasanzwe

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/11/17
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu mujyi wa Kigali Abantu batatu nukuvuga buri umwe mu turere dutatu tuwugize bahitanywe n’Imvura ivanze n’umuyaga yaguye ku mugoroba wo kur’uyu wa Gatatu.

Kur’uyu wa 16 Ugushyingo 2022, mu Mujyi wa Kigali haguye imvura ikomeye ikaba yaririmo umuyaga mwinshi ikaba yahitanye abantu batatu, umwe muri Gasabo, undi muri Kicukiro n’undi muri Nyarugenge abandi bane bagakomereka.

Ni imvura yaguye mu bice hafi ya byose by’igihugu by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali aho buri karere mu tuwugize karimo umuntu wahitanywe nayo.

Mu bantu bazwi batwawe n’imvura harimo umumotari imvura yaguye yugamye mu ihema riri ku isoko rya Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge, abonye ibaye nyinshi ajya gushaka uko yaramira moto ye, amazi ahita amutwara arapfa.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Uretse abantu batwawe n’imyuzure bakahasiga ubuzima, hari inzu esheshatu zo hirya no hino mu gihugu zasenywe n’iyi mvura.

Iyi mvura iguye nyuma y’iminsi mike Ikigo gishinzwe ubumenyi bw’Ikirere [Meteo Rwanda] kiburiye abantu ko hagati ya tariki 10-20 Ugushyingo hazagwa imvura nyinshi mu bice bitandukanye by’Igihugu.

Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, ikomeje kwibutsa abantu kuzirikana ingamba zashyizweho zo gukumira ibiza biterwa n’imvura nyinshi zirimo kuzirika neza ibisenge by’inzu hifashishije imikwege yabugenewe, mwikorezi igafatanywa n’igiti giteyeho amabati.

Hari kandi gufata amazi y’imvura hakoreshejwe uburyo bwabugenewe, andi akayoborwa mu miferege iyatwara, gusibura inzira z’amazi no guca imirwanyasuri no gushishoza mbere yo kwambuka imigezi n’ibiraro.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In