Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Kigali: Byafashe indi ntera ibyo muri CHUK n’umuryango wagiye gufata umurambo w’umwana wabo ngo ushyingurwe bagasanga warahawe abandi

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/01/19
in NTIBISANZWE, HANZE
0
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umuryango wa Habimana Diogene uratabaza ubuyobozi nyuma y’uko wagiye gufata umurambo w’uruhinja baherukaga kwibaruka rukitaba Imana ku bitaro bya Kigali CHUK bagasanga nta ruhari rwaratanzwe mu wundi muryango ndetse rwaranashyinguwe.

Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 17 Mutarama 2022, ubwo ababyeyi b’uyu mwana bajyaga gufata umurambo w’uyu mwana wibarutswe taliki ya 13 Mutarama ariko ku bw’amahirwe make uyu mwana akaza kwitaba Imana.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Bukeye bwaho,nibwo kuri ibi bitaro babwiwe ko bagomba gushyira umwana wabo mu buruhukiro bwa VIP kuko ubusanzwe buba burimo abana benshi ndetse ko bashobora kubura uwabo,ibi byatumye bishyura amafaranga menshi yo muri VIP maze bajya kwitegura imihango yo gushyingura.

Ubwo umunsi nyirizina wo gushyingura wageraga, uyu muryango,abavandimwe n’inshuti baguye mu kantu nyuma yo kugera kuri CHUK bakabwirwa ko umurambo w’umwana wabo wahawe undi muryango wo mu karere ka Ngoma.

Uyu muryango uganira n’itangazamakuru watangaje ko bitunvikana ukuntu basabwe kwishyura amafaranga menshi kugirango umwana wabo ashyirwe ukwe ariko bakarenga bakamutanga agashyingurwa n’abandi ibyo babona ko ari agashinyaguro.

Igitangazamakuru cya BTN dukesha iyi nkuru gitangaza ko ubwo bageraga ku bitaro bya CHUK mu buryo bugoranye kuko abacunga umutekano bari banze ko binjira, maze umuyobozi wanze kuvugisha itangazamakuru, abwira abo mu muryango wa nyakwigendera ko basaba imbabazi ku makosa yakozwe n’abakozi b’ibi bitaro.

Tuvugana n’umuvugizi wa Ministeri y’ubuzima Julien Niyigabira yatangaje ko iki kibazo bakimenye ndetse bavuganye n’imiryango yombi ari ababuze umurambo ndetse n’abatwaye umurambo utari uwabo kugira ngo habeho kuba buri muryango washyingura umurambo wa nyawo.

Ku ruhande rw’abakozi b’ibitaro bya CHUK, Julien Niyigabira yatangaje ko bazahanwa hakurikije icyo amategeko ateganya.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In