Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Kigali: Ntiyiyumvisha ukuntu umugabo yirukanwa ku kazi azira ibitotsi

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/25
in HOME, IMIKINO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Uwari umutoza wa AS Kigali Mike Mutebi ku nshuro ya kabiri Rayon Sports itumye yirukanwa nyuma y’uko yagiye agaragara asinziriye arimo gutoza

Ku wa Gatandatu tariki ya 23 Mata 2022 nibwo uyu mukino wabereye kuri Stade Regional maze igitego kimwe rukumbi cya Mael Dinjeke gihesha intsinzi Rayon Sports mu mukino w’umunsi wa 24 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda.

Uyu akaba yirukanwe mur’uyu mwaka w’imikino wa 2021-22, aho ikipe ya AS Kigali yamwirukanye hamwe na mugenzi we Jackson Mayanja.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Nyuma yo kwirukanwa kw’aba batoza bombi bakomoka mu gihugu cy’Ubugande bari bafite iyi kipe, bakaba bahise basimbuzwa Casa Mbungo Andre wanakoresheje imyitozo yo kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Mata 2022.

Aba batoza birukanywe nyuma y’umusaruro mubi dore ko mu mikino 13 batoje batsinzemo itatu, batsindwa itatu banganya 7.

Bimwe mu byakoze kur’uyu mutoza mukuru hakaba hakomeje kuvugwa ko abakinnyi bamushinjaga kuba atakibashije akazi kuko amasaha menshi yayamaraga asinziriye haba mu myitozo no mu mukino hagati.

Kugeza ubu iyi kipe ikaba iri ku mwanya wa 5 n’amanota 37 mu gihe APR FC ya mbere ifite 54.

Uyu akaba yirukanwe nyuma ya Eric NSHIMIYIMANA nawe wirukanwe tariki ya 18/12/2021 nyuma yo gutsindwa na Rayon Sports  2-1 .

Mike Mutebi ahambirijwe riva
Jackson Mayanja watoje Simba nawe arahambirijwe
Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In