Tuesday, September 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Kigali: Umujura bamuteje inzoka iramunigagura azira kwiba telefoni

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/16
in HOME, NTIBISANZWE
0
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umujura yibye telefoni maze nyirayo amuteza inzoka iramunigagura

Mu mujyi wa Kigali mu kagari ka Kagugu mu mudugudu wa Muhororo haravugwa inkuru y’umugabo wateje umusore inzoka zikamwizingira mu ijosi zikamuniga.

Uyu musore ngo intandaro y’ibi nuko ngo yibye telefoni y’uyu mugabo. Abantu babonye ibi ntibatangaza niba inzoka zanigaguye uyu muhungu ari impiri, insharwatsi cyangwa inshira gusa batangaza ko uyu mugabo yanizwe n’inzoka zo mu bihuru kugeza agaruye telephone yari yibye.

IZINDI NKURU WASOMA

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Uyu mugabo wari wibwe telefoni wiyita umuvuzi akaba yahise atabwa muri yombi na polisi abaturage bakavuga ko niba ari umuvuzi wemewe koko yarekurwa akabakiza ibisambo byabayogoje.

Uyu mugabo akaba ngo yafashwe amaze kunywa inzoga yari aguriwe nuwo yari agiye kugaruriza television ye nawe bamwibye.

Ababonye ibyabaye batangarije BTN TV dukesha iyi nkuru ko batunguwe no kubona izi nzoka zigenda mu muhanda ari eshatu zigiye gushakisha uyu musore wari wibye telefoni ya nyirazo, aho bikekwa ko uyu wiyita umuvuzi yaba atunze izi nzoka nk’uko umuntu yorora andi matungo asanzwe.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023
1.5k
HOME

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In