Friday, March 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Kigali:Haravugwa indwara idasanzwe mu banyeshuri ba ES Nyamirambo

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/06/08
in AMAKURU
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Bamwe mu banyeshuri bo ku ishuri rya ES Nyamirambo ahitwa kwa kadafi biravugwa ko bafashwe n’indwara itaramenyekana aho umunyeshuri yitura hasi hashira akanya n’undi bikaba ibyo gusa ubuyobozi bw’iri shuri ntiburatwemerera kugira icyo butangaza. 

Mu ishuri riherereye mu karere ka Nyarugenge mu kigo cy’amashuri cyitwa ES Nyamirambo ahitwa kwa kadafi haravugwa indwara yafashe bamwe mu banyeshuri biga muri icyo kigo ku buryo bagiye bafatwa bakagwa hasi bakarerembura amaso nk’abarwaye igicuri.

IZINDI NKURU WASOMA

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

Bamwe mur’aba bana b’abakobwa ngo baguye hasi mu muhanda ubwo batahaga, batangira gutabaza .Ni indwara idasanzwe ariko iteye inkeke. Umwe mu babyeyi barerera muri iri shuri twavuganye yatubwiye ko nawe yabyumvise bikamutungura. Agira ati:”Nange nabyumvise abana bavuga ko hari bagenzi babo bajyanwe kwa muganga nyuma yo kwitura hasi ariko ngo ntiharamenyekana indwara yaba yabafashe, Imana idufashe ntikibe icyorezo nka Covid 19″.

Nyuma yo gutabaza bivugwa ko ngo aba banyeshuri bajyanwe kwa muganga kugira ngo harebwe icyaba cyateye iyo ndwara ndetse n’ubuzima bwabo bwitabweho

Mu gushaka kumenya neza icyaba cyateye iyi ndwarakKu murongo wa telefoni twagerageje kuvugana n’ubuyobozi bw’iki kigo ariko ntabwo baratwitaba kugeza ubwo twatangazaga iyi nkuru gusa tukaba tubizeza ko tugikomeje kugerageza kuvugana n’inzego zinyuranye mu gihe twaramuka tugize andi makuru tumenya tukaza kuyabagezaho mu nkuru zacu zitaha.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k
HOME

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In