Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Ku bwa Miss Naomie, Imana yiyeretse abategura Miss Rwanda bo binangira imitima

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/30
in HOME, IMYIDAGADURO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu mwaka wa 2020 ubwo Miss Nishimwe Naomie yabaga Miss yakozanyijeho n’abategura miss Rwanda aribo Rwanda Inspiration Back Up banze kumuha umushahara we ariko ntibyabaha isomo ryo gukebuka ngo bahindure imikorere mibi bavugwagaho .

Miss Rwanda wa 2020 Nishimwe Naomie akimara kwambikwa ikamba, yatangaje ko atazakorana na Rwanda Inspiration Back Up nk’abajyanama be. Ibi byahise bizana agatotsi hagati y’impande zombi nukuvuga hagati ye na ISHIMWE Dieudonne warukuriye Rwanda Inspiration Backup.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Uyu mwuka mubi watumye Miss Nishimwe adahembwa umushahara yari yemerewe, ndetse na bimwe mu bihembo yari yaragenewe ntiyabihabwa.

Uyu mukobwa yaje kwandikira Minisiteri y’urubyiruko n’umuco ayimenyesha ikibazo yahuye nacyo, ndetse abinyujije ku mbuga nkoranyambaga atangira guca amarenga y’uko azishakira ubutabera, bituma abantu bashyashyanira kugishakira umuti.

Nyuma y’inama zinyuranye zahuje uyu mukobwa n’inzego za Leta zirimo Minisiteri n’Inteko y’Umuco, byaje kwanzurwa ko yishyurwa amafaranga ye ndetse n’amasezerano ubuyobozi bwa Miss Rwanda bugirana n’abahatanira ikamba akavugururwa.

Ibi niko byakozwe, ariko ikijyanye no kuvugurura amasezerano byo ntibyakozwe ku mpamvu zitasobanuwe.

Aha niho abantu banyuranye batangiye kubona ko mu bategura Miss Rwanda hashobora kuba harimo ikibazo ndetse hirya y’amarido hakaba abavuga ko uyu mukobwa har’ibyo yasabwe guhonga abategura rriya rushanwa akabyanga bika ari nabyo ngo byaba byaratumye badahuza mu mikoranire.

Hari abasanga uyu mwaka ariwo Imana yiyeretse abategura Miss Rwanda ariko bo bakomeza kwinangira imitima.

Miss Rwanda 2020 NISHIMWE Naomie wakozanyijeho n’abategura Miss Rwanda

 

ISHIMWE Dieudonne umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In