Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Ku nshuro ya 2, Umunyamakuru M. Irene yongeye kuvugwaho ibibazo bifitanye isano na Channel ya youtube

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/10/31
in IMYIDAGADURO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Muri iyi week end wazamutse umwuka utari mwiza hagati y’Umuhanzi Niyo Bosco uvuga ko yatandukanye n’Umunyamakuru MURINDAHABI Irene ukuriye Campani ikurikirana ibikorwa by’uyu muhanzi akavuga ko adahabwa amafaranga ava ku mbuga ze zirimo na Youtube Channel.

Mu minsi ishize habayeho impaka zikomeye cyane hagati y’abahanzikazi Vestine na Dorcas bashinjaga MURINDAHABI Irene kuba yarabatwariye Channel ya Youtube aho byaje gusakuza kugeza naho umuryango w’aba bahanzikazi waje kubyinjiramo gusa birangira ibibazo bikemukiye mu biganiro bemeranya uburyo bazajya basangira ibiva kuri iyo Youtube Channel.

IZINDI NKURU WASOMA

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

Mu ikanzu nziza cyane Miss Elsa yakoze ubukwe na Prince Kid (amafoto)

Ubu rero hongeye kuzamuka umwuka utari mwiza hagati y’umuhanzi Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco ushinja kampani ya M Irene kuba batamukorera ibihangano nk’uko biri mu masezerano bagiranye.

Uyu muhanzi kandi avuga ko kuva batangira gukorana atarahabwa 30% by’amafaranga aturuka ku mbuga nkoranyambaga ze zirimo na Youtube Channel ye.

Uyu muhanzi akaba avuga ibi nyuma yiminsi amaze yandika ku mbuga nkoranyambaga ze, agaragaza ko atishimiye imikoranire ye n’aba bashinzwe kureberera umuziki we.

Mu ibaruwa yagize ati “Ntabwo ndi gukunda uwo ndi kuba we, ntabwo byumvikana nk’ibisanzwe ariko nkumbuye ahahise hanjye kuruta ejo hazaza. Ndumva nacitse intege cyane”.

Ni ibintu byashakuje hirya no hino ndetse bikaza kuvugwa ko Umunyamakuru M. Irene akimara kumva ibi yahise ashaka Uyu muhanzi bagirana ibiganiro ikubagahu kugeza ubu ibyavuye mur’ibi biganiro bikaba bivuga ko uyu muhanzikazi yaba yijejwe guhabwa ibyo yasabaga ndetse n’amasezerano bagiranye akubahirizwa nta kirengagijwe.

Umuhanzi Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco
Ubutumwa bwa Niyo Bosco
MURINDAHABI Irene wongeye kuvugwa mu bibazo birimo Youtube Channel

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023
1.4k
HOME

Mu ikanzu nziza cyane Miss Elsa yakoze ubukwe na Prince Kid (amafoto)

September 2, 2023
1.5k
HOME

Miss Lynda na Zaba nyuma yo gusomanira mu ruhame ibyabo byajemo rushorera

August 21, 2023
1.5k
HOME

Mu Rwanda hadutse umuhanzi mushya uri kwitwara neza witwa ESPE IRADUKUNDA

August 20, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In