Saturday, September 23, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Leta ya Nigeria yinjiye mu kibazo cy’umunyamakuru wigirijweho nkana n’abaturage

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/09/23
in AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap
Umunyamakuru Abubakar Tahir

Umunyamakuru witwa Abubakar Tahir ukomoka mu gihugu cya Nigeria yahuye n’uruva gusenya aho yagiye gutara inkuru irebana n’umwuzure maze abaturage bakamutura umujinya aho bashatse kumwica bamuroshye mur’uwo mwuzure ubu Leta ikaba yatangaje ko igiye gukurikirana kandi ikazaha isomo uwabigizemo uruhare wese.

Ku wa kane, Abubakar Tahir, umunyamakuru yagabweho igitero n’agatsiko kari karakaye ubwo yari arimo gutara inkuru ku mwuzure ukabije wabereye mu mudugudu wa Ganuwar Kuka, mu gace ka Hadejia gaherereye mu ntara ya Jigawa mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bwa Nijeriya.

IZINDI NKURU WASOMA

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

Urubuga rwa ripplesnigeria.com dukesha iyi nkuru rutangaza umukozi wa Polisi ushinzwe imibanire n’abaturage muri Leta, DSP Lawal Shiisu, yabwiye abanyamakuru ko ako gatsiko kagerageje kuroha umunyamakuru warimo gutara inkuru ivuga ku byangijwe n’umwuzure muri ako karere aho avuga ko hatangijwe iperereza kugira ngo abakoze icyo gikorwa bafatwe kandi akavuga ko bazahanwa by’intangarugero.

Ashimira abagira neza batabaye Abubakar, umunyamakuru w’ikinyamakuru Manhaja.

Ati: “Twabonye raporo y’igitero cyagabwe ku munyamakuru mu gace ka Hadejia aho ubu barimo kwibasirwa n’umwuzure ukabije hari agatsiko k’abantu kamukoreye urugomo aho bamenaguye terefone ye ngendanwa, kandi bagerageza no kumuroha mu mazi”.

 

DSP Shiisu kandi yagiriye inama abanyamakuru kujya babanza kumenyesha ubuyobozi bw’abaturage mbere yo batangira gukora cyane cyane mu gace ka Hadejia kuko bafite amateka yo kwibasira abanyamakuru mu bihe nk’ibi.
Umuvugizi wa polisi yavuze ko nyuma yo kugera mu gace kibasiwe n’umwuzure, umunyamakuru yerekanye ikarita imuranga maze atangira kugirana ikiganiro na bamwe mu bahohotewe, ariko ikibabaje ni uko ngo abantu bamwe batangiye kumukubita no kumuhondagura bivuye inyuma.

uyu munyamakuru kugeza ubu akaba ari kuvurirwa mu bitaro bikuru bya Hadejia .

Abaturage bo muri uyu mujyi bavuga ko barakariye guverinoma kuba itaragize icyo ikora kubera ko imyuzure ihorayo kandi ngo ikaba ikomeje kwangiza ibyabo idasize n’amazu batuyemo.

 

Nguwo n’imyenda y’umweru bamaze kumurohora
Dore ngaho aho bari bamuroshye

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

Rulindo: Abantu bacukuye imva batwara ibihumbi 500Frw uwapfuye yashyinguranywe

September 9, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In