Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Leta ya Nigeria yinjiye mu kibazo cy’umunyamakuru wigirijweho nkana n’abaturage

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/09/23
in AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap
Umunyamakuru Abubakar Tahir

Umunyamakuru witwa Abubakar Tahir ukomoka mu gihugu cya Nigeria yahuye n’uruva gusenya aho yagiye gutara inkuru irebana n’umwuzure maze abaturage bakamutura umujinya aho bashatse kumwica bamuroshye mur’uwo mwuzure ubu Leta ikaba yatangaje ko igiye gukurikirana kandi ikazaha isomo uwabigizemo uruhare wese.

Ku wa kane, Abubakar Tahir, umunyamakuru yagabweho igitero n’agatsiko kari karakaye ubwo yari arimo gutara inkuru ku mwuzure ukabije wabereye mu mudugudu wa Ganuwar Kuka, mu gace ka Hadejia gaherereye mu ntara ya Jigawa mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bwa Nijeriya.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Urubuga rwa ripplesnigeria.com dukesha iyi nkuru rutangaza umukozi wa Polisi ushinzwe imibanire n’abaturage muri Leta, DSP Lawal Shiisu, yabwiye abanyamakuru ko ako gatsiko kagerageje kuroha umunyamakuru warimo gutara inkuru ivuga ku byangijwe n’umwuzure muri ako karere aho avuga ko hatangijwe iperereza kugira ngo abakoze icyo gikorwa bafatwe kandi akavuga ko bazahanwa by’intangarugero.

Ashimira abagira neza batabaye Abubakar, umunyamakuru w’ikinyamakuru Manhaja.

Ati: “Twabonye raporo y’igitero cyagabwe ku munyamakuru mu gace ka Hadejia aho ubu barimo kwibasirwa n’umwuzure ukabije hari agatsiko k’abantu kamukoreye urugomo aho bamenaguye terefone ye ngendanwa, kandi bagerageza no kumuroha mu mazi”.

 

DSP Shiisu kandi yagiriye inama abanyamakuru kujya babanza kumenyesha ubuyobozi bw’abaturage mbere yo batangira gukora cyane cyane mu gace ka Hadejia kuko bafite amateka yo kwibasira abanyamakuru mu bihe nk’ibi.
Umuvugizi wa polisi yavuze ko nyuma yo kugera mu gace kibasiwe n’umwuzure, umunyamakuru yerekanye ikarita imuranga maze atangira kugirana ikiganiro na bamwe mu bahohotewe, ariko ikibabaje ni uko ngo abantu bamwe batangiye kumukubita no kumuhondagura bivuye inyuma.

uyu munyamakuru kugeza ubu akaba ari kuvurirwa mu bitaro bikuru bya Hadejia .

Abaturage bo muri uyu mujyi bavuga ko barakariye guverinoma kuba itaragize icyo ikora kubera ko imyuzure ihorayo kandi ngo ikaba ikomeje kwangiza ibyabo idasize n’amazu batuyemo.

 

Nguwo n’imyenda y’umweru bamaze kumurohora
Dore ngaho aho bari bamuroshye

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In