Sunday, April 2, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Liliane, Umukobwa w’uburanga yakubiswe n’inkuba itagira amazi 

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/02/21
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Abantu agahinda ni kose nyuma y’aho Umukobwa w’imyaka 16 y’amavuko witwa Uwera Liliane  yakubiswe n’inkuba ubwo yari atashye avuye aho yari yagiye kwimenyereza umwuga w’ubudozi muri santere y’ubucuruzi ya Rwesero, akaba yari asanzwe awiga mu ishuri ryitwa APEKA riri muri uyu murenge.

Ibi byabereye mu mudugudu wa Kirehe, akagari ka Rwesero, mu murenge wa Kagano mu karere ka Nyamasheke nk’uko Bwiza.com yabitangarijwe n’umwe mu baturanyi ba nyakwigendera.

IZINDI NKURU WASOMA

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

Mu rubanza rwa Prince Kid hagaragayemo ibintu 2 bitagaragaye ubushize

Nyakwigendera ngo yahuye n’isanganya saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba zo kur’uyu wa 19 Gashyantare, mu mvura y’ibitonyanga ariko irimo inkuba nyinshi n’umuyaga mwinshi cyane.

Uyu mukobwa ngo wari utashye atanguranwa n’uko imvura igwa dore ko ngo yaratuye mu rugo ruri ku bilometero hafi 4 uvuye aho yimenyererezaga uwo mwuga, ngo yageze muri metero nka 200 wenda kugera iwabo, ari munsi y’urugo inkuba iramukubita ahita agwa aho.

Uyu muturanyi yagize ati:’’Yari arimo azamuka agiye kugera iwabo n’imvura itaraba nyinshi ariko inkuba zo zikubita cyane n’umuyaga ari mwinshi cyane, yari asigaje metero nka 200 gusa go agere iwabo, ari wenyine ariko inyuma ye hari abandi bantu bagendaga, inkuba iramukubita yikubita hasi, abari inyuma ye bagiye kureba ibimubayeho bitumye ahita agwa basanga yashizemo umwuka’’.

Ubuyobozi n’abaturage bahise bahagera, umurambo we ujyanwa mu rugo iwabo buhita bwira, muri aya masaha y’amanywa yo kuri uyu wa 20 Gashyantare nibwo biteguraga kumushyingura.

Umuyobozi w’akarere Mukamasabo Appolonie yihanganisha umuryango wagize ibi byago, anavuga ko ari impanuka nk’izindi kuko mu by’ukuri yagendaga mu mvura itaraba nyinshi.

Meya Mukamasabo yaboneyeho gusaba abaturage kurwanya Ibiza bishobora kubatera biturutse ku mvura nk’iyi.

Muri aka karere hamaze iminsi hagwa imvura nyinshi inagaragaramo imiyaga myinshi, aho ku wa gatatu w’iki cyumweru dusoza, imvura idasanzwe yibasiye nanone uyu murenge by’umwihariko igishanga cya kamiranzovu umuceri mwinshi wari ugeze igihe cyo gusarurwa ukarengerwa, ukangirika bikomeye, inagera mu murenge wa Bushekeri uhana imbibi n’uyu,mu kagari ka Buvungira yangiza ikiraro gihari, gusa ubu kikaba kiri gusanwa.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

March 31, 2023
1.4k
HOME

Mu rubanza rwa Prince Kid hagaragayemo ibintu 2 bitagaragaye ubushize

March 31, 2023
1.4k
HOME

Kigali: ku nshuro ya gatatu AIMS yahembye abarimu babaye indashyikirwa muri siyanse

March 28, 2023
1.4k
HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

March 31, 2023

Mu rubanza rwa Prince Kid hagaragayemo ibintu 2 bitagaragaye ubushize

March 31, 2023

GASHORA: ABANA 942 BATEGANYIJWE GUKINGIRWA COVID 19

March 31, 2023

Kigali: ku nshuro ya gatatu AIMS yahembye abarimu babaye indashyikirwa muri siyanse

March 28, 2023

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In