Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Menya impamvu bamwe mu bahanzi bari gukora ibitaramo bambaye umwenda w’imfungwa

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/09/06
in HOME, IMYIDAGADURO
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Nyuma y’aho Umuhanzi The Ben akoze igitaramo ndetse akanakora ubukwe yambaye umwenda ufite ibara risa n’iry’uw’imfungwa, Bruce Melody nawe yakoze igitaramo awambaye nyuma yo gufungurwa bikaba bigaragara ko abahanzi bari kuzirikana ku kababaro imfungwa zihura nako.

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben aherutse gukora igitaramo cyabereye i Kigali muri BK Alena yambaye umwenda w’iroza umwambaro wambarwa n’imfungwa mu Rwanda.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Ni ibintu kandi yasubiyemo ubwo yasezeranaga mu Murenge na Miss Uwicyeza Pamela (umugore we)bombi bakagaragara bambaye imyenda ifite ibara risa n’iroza.

Abakurikiranira hafi amakuru y’uyu muhanzi bakaba bavuga ko yaba ari kuzirikana no kwifatanya n’imfungwa mu kababaro zihura nako hirya no hino mu magereza atandukanye.

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamenyekanye ku izina rya Bruce Melody nawe aherutse gukora ibitaramo mu gihugu cy’Uburundi aho yanabanje gufungwa ariko asohotse ajya gutaramira abantu yambaye umwambaro w’imfungwa.

Bruce Melody nyuma yo gusohoka mu minwa y’uburoko bwo mu gihugu cy’Uburundi aho yari yafunzwe ashinjwa kuba yarishyuwe mu bitaramo yagombaga kujya gukorerayo mu bihe byashize akaza kutabasha kujyayo byarangiye yishyujwe miliyoni 30 z’amarundi ayatanze bamwishyuza n’izindi 30 zitasobanuwe impamvu yazo, gusa yaje gufungurwa habura igihe gito ngo isaha y’igitaramo igere maze ahita ajya ku rubyiniro yambaye umwenda w’ibara ry’icyatsi kibisi ubusanzwe wambarwa n’imfungwa hirya no hino, ndetse n’imfungwa za gisirikare mu Rwanda nano baba bambaye gutyo.

Abantu rero bakomeje kubyibazaho ariko zimwe mu nshuti za hafi z’aba bahanzi zikaba zivuga ko byaba biri mu rwego rwo kwifatanya n’imfungwa zo hirya no hino mu bihugu bitandukanye.

Hari n’abandi bavuga ko ibi byaje mu rwego rwo kwibuka Umuhanzi Jay poly umaze umwaka apfuye akaba yarapfuye yari afunze.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In