Itangazo ryashyizwe hanze na MINEDUC rivuga ko umwaka w’amashuri wa 2022-2023 uzatangira tariki ya 26 Nzeri 2022.
Iyi minisiteri ivuga ko igihe cyo gutangira ku banyeshuri bo mu mwaka wa mbere n’uwa kane w’amashuri yisumbuye na Level 3 mu bumenyengiro bazakimenyeshwa nyuma.
Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter ivuga ko Igihe cyo gutangira ku banyeshuri bo muri S1, S4 na L3 (TVET) bazakimenyeshwa nyuma.