Saturday, September 23, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Minisitiri warumaze imyaka myinshi ayoboye MINAGRI yirukanwe

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/03/03
in AMAKURU, MU RWANDA
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Itangazo rituruka mu biro bya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda rivuga ko Perezida Paul Kagame yahinduye abayobozi muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi aho Madame Dr Geraldine yasimbuwe na Ildephonse musafiri.

Dr Geraldine Mukeshimana wari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi kuva muri Nyakanga 2014, yasimbujwe Dr Ildephonse Musafiri wari Umunyamabanga wa Leta muri iyi Minisiteri y’Ubuhinzi kuva muri Kanama, 2022.

IZINDI NKURU WASOMA

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

Nk’uko biri mu itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, Perezida Kagame yanashyizeho Umuyobozi mushya w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuhinzi (RAB), uyu akaba ari Dr Telesphore Ndabamenye wasimbuye Dr Partick Karangwa.

Izi mpinduka mu bayoboye ubuhinzi, zibaye nyuma y’uko Perezida Kagame yamaganye “umukino w’amahirwe” wakinwe n’abayobozi bakomeye bajya guhinga igihingwa cyitwa Chia seeds, nyuma kikabateza ibihombo.

Dr Ildephonse Musafiri yabaye Minisitiri wa MINAGRI
Dr Geraldine MUKESHIMANA wari Minisitiri kuva 2014
Telesfore NDABAMENYE Yagizwe umuyobozi mukuru wa RAB

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In