Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Miss Jolly ntakozwa iby’ubutumire bwa Lt Gen Muhoozi

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/23
in HOME, AMAKURU, IMYIDAGADURO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2016,Mutesi Jolly  yanze ubutumire bw’Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, akaba umuhungu wa Perezida Museveni, bwamusaba kuza mu isabukuru y’amavuko ye.

Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, kuri iki cyumweru tariki 24 Mata 2022,azagira isabukuru y’amavuko y’imyaka 48, ibirori bikazitabirwa n’abantu batandukanye barimo ibyamamare n’abanyapolitiki.

Kuri uyu wa kabiri tariki 19 Mata 2022,nibwo inkuru yari yabaye kimomo ko Nyampinga w’u Rwanda wa 2016, ari mu bahawe ubutumire na Lt Gen Muhoozi, ibintu byatangariwe n’abatari bake, cyane ko ibirori bizagaragaramo abashyitsi b’impande zitandukanye kandi bakomeye.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Icyo gihe Gen Muhoozi yagize ati “Jolly Mutesi, wabaye Miss Rwanda, inshuti yanjye ya kera azaba ari mu birori by’isabukuru, tuzagirana ibihe byiza.”

Ibyaje gutungurana, ni igisubizo cya Miss Jolly utajya aripfana, wari waherewe ubutumire kuri twitter, nawe yabusubirije kuri yo agira ati:“Ndabyishimiye musaza wanjye, ntabwo nzabasha kuza kuri iki gihe,nzaza ubutaha. Nkwifurije indi myaka myinshi, Isabukuru nziza.”

Bamwe mu bakoresha twitter, bashimye icyemezo cye cyerekana ko agomba kwihesha agaciro ariko abandi nabo bavuga ko adakwiye gusubiza muri buriya buryo.

Uwitwa Felix Uwimana Hirwa ati “Kuri Jolly, Uretse kuba ko ndi umukunzi wawe, unsuzuguje General. Ku bw’icyubahiro afite, wari kumusubiriza ku giti cye (DM).”

Undi nawe wiyita Ikiraka Gishyushye ati “Ndatekereza ko mbere yo kuba Generale ni umuntu, kuki se we atamutumiriye mu gikari,akabishyira kuri twiiter ?Agatebo ugererwamo setu Mutesi Jolly nta kosa afite.”

Uwiyita Cruella nawe ati “Wari kumusubiriza mu gikari cye ni ukuri Jolly”

Franz ati:“Inama yihuta kuri Jolly “ Ubutaha nujya gufata icyemezo, ugahakana nk’ubwo butumire, ntukazabishyire kuri twitter,ku karubanda,uzace mu gikari cye, umusubize ku giti cye.”

Hari abandi nabo basanga kuba Miss Mutesi Jolly yamusubirije kuri twitter nta kosa ririmo kuko ngo nawe ariho yaherewe ubutumire.

Ibi ariko hari abatabitindaho kuko Miss Jolly yaherukaga gutangaza ko hari abagabo b’ “Inyana z’imbwa” ibintu nabyo bitashimishije benshi aho babifashe nk’ikinyabupfura gike.

Mu birori by’isabukuru ya Lt Gen Muhoozi, byatumiwemo abantu benshi b’ingeri zitandukanye,bikazaba kuri iki cyumweru.

MUHOZI ufite isabukuru kur’icyi cyumeru
Miss Joly MUTESI
Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In