Friday, March 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Miss Uwimana Jeannette ufite ubumuga bwo kutumva yahawe ingurube iguzwe akayabo k’amafranga 

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/25
in HOME, IMYIDAGADURO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Miss Uwimana Jeanette ufite ubumuga bwo kutumva no kuvuga uheruka kwegukana ikamba ryo kugira umushinga mwiza muri Miss Rwanda 2022 yahawe ingurube ifite agaciro k’ibihumbi 450.

Uyu mukobwa watinyutse akerekeza bwa mbere mu irushanwa rya Miss Rwanda 2022 afite ubumuga ndetse akaza no kwegukana ikamba ry’umukobwa wahize abandi mu kugira umushinga mwiza akomeje gushyigikirwa n’abantu batandukanye barimo Shirimpumu, umuyobozi w’aborozi b’ingurube mu Rwanda wiyemeje kumushyigikira kubw’umushinga we.

IZINDI NKURU WASOMA

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

Shirimpumu avuga ko yiteguye gufasha Miss Uwimana Jeannette ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga, binyuze muri Kampani yashinze ikora ubworozi bw’ingurube yise Vision Agribusiness Farm LTD (VAF), nyuma y’uko abonye ko Uwimana Jeannette ari umukobwa watinyutse gukora umushinga w’ubworozi bw’ingurube urubyiruko rutinya, avuga ko ibyo yakoze ari ubutwari.

Agira ati “Uriya Mukobwa ntabwo nari nziranye na we, ku munsi nyirizina wo gutora Miss, nibwo nagiye kuri Internet nkurikira ikiganiro cye, numva ko yakoze umushinga wo korora ingurube, byaranshimishije cyane kumva umuntu w’urubyiruko atekereza uwo mushinga, Ubwo rero byaranshimishije cyane mpita mfata icyemezo cyo kumutera inkunga mpera ku bintu byoroheje, ndavuga nti ntabwo ngiye gukora ibidasanzwe ariko nibura ubwo yavuze ko abishaka, akwiye kubona icyororo”.

Shirimpumu avuga ko ku ikubitiro yahaye Miss Jeannette icyororo cy’ingurube ihaka ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 450, yemererwa n’amahugurwa ku bakozi be no kuri we ubwe nta kiguzi.

Miss Uwimana Jeannette avuga ko yishimiye ubufasha yahawe, asaba urubyiruko gutinyuka bagakora cyane, avuga kandi ko ubwo bufasha bumuha icyizere cy’uko umushinga we w’ubworozi bw’ingurube uzatera imbere, by’umwihariko ugateza imbere n’urubyiruko.

Uretse kuba Miss Jeannette yahawe ingurube y’agaciro k’ibihumbi 450 kandi aya mahugurwa yemerewe umukozi we ku buntu ubusanzwe ngo yishyurwa ibihumbi 225 FRW,naho we amahugurwa yemerewe  ubusanzwe yishyurwa ibihumbi 200 FRW.

Shirimpumu avuga ko yiteguye gufasha Miss Uwimana Jeannette

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k
HOME

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In