Tuesday, September 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Mu gihugu cya Uganda haratutumba umukwabo udasanzwe 

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/13
in HOME, AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Leta ya Uganda yatangaje ko yafashe abantu 11 bakomoka muri Pakistan bivugwa ko badafite ibyangombwa, ibi bikaba byatumye iburira n’abandi banyamahanga bose baba muri icyo gihugu mu buryo butemewe n’amategeko.

Ni igikorwa Urwego rushizwe abinjira n’abasohoka muri Uganda rwatangaje ko cyabaye muri gahunda yo gushakisha no gufata abanyamahanga baba ndetse bagakorera muri icyo gihugu batabifitiye ibyangombwa.

IZINDI NKURU WASOMA

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Abo uko ari 11 bafashwe ngo bakoreraga ibigo bibiri bya Jumbo Investment na Yuasa Car Bonds.

Igihe dukesha iyi nkuru kivuga ko urwo rwego rukomeza ruvuga ko ibi bikorwa bikomeje ndetse ngo bakaba  basaba abanyamahanga bose kunyura mu nzira ziteganywa zibemerera kuba mu gihugu harimo kugira icyemezo cyo gukorera mu gihugu cyangwa icyemezo gihabwa abanyeshuri.”

Ni ibyemezo ngo bitangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga, ku buryo kubibona bitagoye.

Urwo rwego rwakomeje ruti “Nyuma y’iperereza ryisumbuye, abakozi ba Yuasa Investment byagaragaye ko bubahirije amategeko; ariko aba Jambo Car Bond bo bakora badafite ibyangombwa biteganywa. Bazakurikiranwa n’amategeko.”

Mu bihe bitandukanye, Uganda yakomeje gufata no kwirukana abaturage barimo n’abakomoka mu Rwanda, bashinjwa kuba muri icyo gihugu badafite ibyangombwa.

Ni ibikorwa ariko byaje kuremerezwa n’impamvu za politiki, zatumye abanyarwabnda benshi muri icyo gihugu bafungwa nta dosiye, bakajya birukanwa mu gihugu barakorewe iyicarubozo rikomeye.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023
1.5k
HOME

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In