Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Mu Rwanda hadutse indwara nshyashya ihangayikishije

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/02/24
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

 Indwara ituruka ku mwanda yamaze kumenyekana ko yibasira amatungo azwi nk’ingurube by’umwihariko ikaba ihangayikishije abaturage bo mu Karere ka Musanze aho imaze kwica ingurube n’ibyana byazo zirenga 200

Kugeza ubu iyi ndwara yamaze kugaragara mu duce tw’imirenge ya Muko, Muhoza, Kimonyi, Rwaza na Busogo ho mu Karere ka Musanze mu ntara y’Amajyaruguru.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Aborozi bo mur’utu duce bavuga ko iyi ndwara ibahangayikishije kuko ngo imaze iminsi 10 gusa igaragaye kandi imaze guhitana amatungo y’ingurube zirenga 30.

Uwamahoro ni umuturage wo mu Murenge wa Muko akaba avuga ko bahangayikishijwe n’iyi ndwara, avuga ko hamaze gupfa gupfa ingurube 40 n’ibyana birenga 200, avuga ko kugeza ubu bamaze gucika intege kubera iyi ndwara.

NDAYISENGA Fabrice, Umukozi mu kigo cy’Igihugu gishinzwe ubworozi n’ubuhinzi RAB avuga ko ari indwara iterwa n’umwanda nka kumwe amatungo y’ingurube abayorora badakunda kuyagirira isuku, akizeza ko ngo ari indwara ivurwa igakira iyo yamenyekanye kare.

Asoza asaba aborozi kugirira isuku amatungo harimo n’ingurube kuko akenshi ngo usanga zo zibagirana mu gukorerwa isuku.

Iyi ni indwara irimo kwibasira ingurube aho usanga zigira umuriro mwinshi no gucika intege zikananirwa kurya ndetse zikanagaragaza amabara adasanzwe ku ruhu.

Bamwe mu borozi bakaba bavuga ko nta gisubizo barabona ndetse ngo iyi ndwara imaze kubahombya amafaranga asaga miliyoni 40.

Kugeza ubu ibikorwa byo kubaga no kotsa ingurube mu mirenge yavuzwe haruguru byarahagaritswe ndetse no gutwara ingurube ziva mu mirenge imwe zijya mu yindi byarahagaritswe n’izipfuye zigatabwa mu byobo mu rwego rwo guhangana n’iyi ndwara.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In