Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Mu Rwanda, Nyuma ya Mwanafunzi, undi Munyamakuru agiye kurushinga

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/07/06
in HOME, IMYIDAGADURO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Abanyamakuru bari kugenda bakora ubukwe aho nyuma ya Ismael Mwanafunzi uheruka kurushinga, ubu haravugwa ubukwe bwa Khamis Sango Umunyamakuru wa Radio na TV 10 aho agiye kurushingana na Ikirezi Sallouah 

Abasore by’Umwihariko Abanyamakuru bakomeje kugenda bava mu muryango w’Ingaramakirambi bagahitamo kurushinga bakubaka umuryango.

Kugeza ubu haravugwa ubukwe bw’Umunyamakuru Khamis Sango wa Radio na TV 10 wamaze kwambika  impeta y’urukundo umukobwa uzwi ku izina rya Ikirezi Sallouah bamaze imyaka 12 bakundana maze amusaba ko yamubera umugore bakazabana akaramata.

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

Khamis Sango wamamaye cyane mu Kiganiro The Over Drive yambitse impeta umwari bamaranye imyaka itari mike bari mu munyenga w’urukundo aho aba bombi bemeranyije kubana bakubaka umuryango uzabakomokaho.

Khamiss Sango ni umwe mu banyamakuru basanzwe ari abayobozi b’ibiganiro by’imyidagaduro kuri Radio&TV10 aho akorana na Kate Gustave n’abandi,….

Umuryango mugari wa Radio na TV 10 wifurije ishya n’ihirwe aba bombi bashimira uyu musore intambwe y’abagabo ateye.

Ku ruhande rw’uyu mukobwa nta byinshi bimuzwiho gusa akaba ari umwemera wo idini y’Abayislam aho bivugwa ko yaba ari n’umunyamideri ariko utarabishingamo imizi.

Ubukwe bw’aba bombi butegerejwe mu minsi ya vuba bukaba buzabera mu idini ya Islam aho imyemerere y’aba bombi yabaganishije kugeza ubu.

Khamis Sango na Ikirezi Sallouah

Uyu Munyamakuru Khamis Sango yanyuze mu bitangazamakuru binyuranye bya hano mu Rwanda aho twavuga nko kuri Radio Salus, Radio B&B aho yavuye ajya kuri Radio TV10 akorera kugeza ubu.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023
1.5k
HOME

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023
1.4k
HOME

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023
1.5k
HOME

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In