Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Mu Rwanda, Undi munyamakuru yasezeye itangazamakuru

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/03/28
in NTIBISANZWE, IMIKINO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Rugimbana Theogene umunyamakuru warumaze igihe kinini mu itangazamakuru ryo mu Rwanda yasezeye itangazamakuru akaba agiye gukomereza ubuzima bwe mu mahanga

Kuri iki cyumweru mu masaha ya mu gitondo ni bwo inkuru yamenyekanye ivuga ko Rugimbana Theogene wari warigaruriye imitima ya benshi yahagaritse akazi k’itangazamakuru.

Amakuru aravuga ko Rugimbana Theogene yahagaritse itangazazamakuru akaba agiye gukomereza ubuzima busanzwe hanze y’igihugu kandi akaba afite ibyo agiye gukora bitari itangazamakuru.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Rugimbana Theogene yakoreraga Radio 1 mu kiganiro cy’imikino cya nimugoroba kibanda ku makuru y’i Burayi cyitwa “Trace Foot”.

Umwe mu bantu ba hafi be yabwiye ISIMBI dukesha iyi nkuru ko koko uyu mugabo yafashe icyo cyemezo cyo gusezera ndetse ko ashobora kuba nta n’iminsi afite mu Rwanda.

Ati “nibyo iyo gahunda arayifite, kuba wenda yamaze gusezera byo sindabimenya gusa icyo nzicyo ni uko nta minsi afite mu Rwanda. Uramubaza icyo agiye gukora akakubwira ngo agiye gushakisha mu bindi, ni umuntu ugira ibanga cyane ku buryo utapfa kumenya ibyo ategura kereka ashatse kubikwibwirira.”

Amakuru avuga kandi ko uyu mugabo wamaze kubona visa z’ibihugu bigera kuri 3 nta muntu uzi aho azerekeza kuko kugeza ubu uyu musore yabigize ibanga rikomeye .

Rugimbana Theogene asezeye mu itangazamakuru nyuma ya Patrick HABARUGIRA wakoreraga RBA na Rutamu Elie Joe bakoranaga mu biganiro bya siporo kuri Radio 1 wasezeye muri 2018 nawe akerekeza mu mahanga .

Rugimbana Theogene yamaze gusezera Itangazamakuru

Rugimbana Theogene yatangiye umwuga w’itangazamakuru muri 2012, yakoreye ibitangazamakuru bitandukanye mu Rwanda birimo Flash FM, Radio 10 na Radio 1 yagezeho muri 2016 akaba ari nayo yabarizwagaho .

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In