Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Musanze: Abagore b’ibihazi bambura abantu ibyabo bateye inkenke

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/08/28
in HOME, AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Abaturage bo mu Kagari ka Cyabagarura mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze baravuga ko batewe impungenge n’abagore babategera mu nzira bakabambura ibyabo.

Inkuru dukesha ikinyamakuru Umuseke ivuga ko bamwe mu baturage batuye i Musanze mu Kagari ka Cyabagarura mu Murenge wa Musanze bavuga ko mu gihe cy’ijoro biba bigoye cyane kunyura mu tuyira two muri aka gace cyane cyane utwo mu Mudugudu wa Kanyabirayi bitewe n’uko hasigaye hari abagore b’ibihazi badutegeramo abaturage bakabambura.

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

Bemeza ko akenshi na kenshi abo bagore baba bitwaje ibyuma n’inzembe ku buryo n’ushatse kubarwanya bamukomeretsa.

Bavuga ko basigaye banatera ‘kaci’ no ku manywa y’ihangu aho banakorana n’amatsinda y’ibisambo by’abagabo.

Umuyobozi w’Umudugudu wa Kanyabirayi nawe ahamya ko hari abagore basigaye batera ‘kaci’ abahisi n’abagenzi bakabacucura utwabo.

Muri kariya gace ngo abagore badukanye n’uburyo bwo kureshya abagabo bakabaryoshya ko babakunze bagera mu nzu bakabateza amabandi akabaka utwo bafite twose.

Umuhuzabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Abagore mu Karere ka Musanze, Nyiramugisha Denise, mu nama aherutse kugirira muri kariya gace, yavuze ko biteye agahinda kubona abagore bishora muri izo ngeso zigayitse.

Yavuze ko imyitwarire nk’iyo idakwiriye ba mutima w’urugo abasaba kubivamo mu maguru mashya anibutsa ko uzabifatirwamo azahura n’urukuta rw’aategeko.

Yagize ati:“Ikimbabaje cyane ni uko nasanze mu bibazo byakagombye gukemurwa n’abagore ahubwo biri guterwa n’abagore. Umugore utanga ubuzima akongera akajya kwambura ubuzima kubera telefoni?”

Abatuye muri kariya gace basaba inzego z’umutekano gukora umukwabu maze abishora muri ziriya ngeso mbi bakajyanwa kugororwa.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023
1.5k
HOME

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023
1.4k
AMAKURU

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023
1.4k
HOME

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In