Monday, September 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Musanze: Bahangayikishijwe n’uburaya bw’abagore birirwa bahiga abagabo bo kubarongora

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/12/05
in HOME, AMAKURU
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Bamwe mu bagore batuye mu murenge wa Kimonyi, cyane cyane mu isantere ya Kadahenda, mu karere ka Musanze, ngo birirwa bahiga abagabo baryamana nabo ngo baterwe inda kugira ngo bibonere amafaranga igihe babyaye.

Bamwe mu baturage baganiriye n’itangazamakuru bavuze ko uburaya ari kimwe mu bibateye impunge , dore ko ngo bumaze kwiyongera kugeza naho bamwe mu bagore basigaye biteretera abagabo.

IZINDI NKURU WASOMA

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Bagira bati:”Hano iwacu ,abagore basigaye birirwa mu tubari, birirwa banywa Inzoga bamara gusinda bagatwara abagabo b’abandi , baba babizeza ko nibabatera inda ntacyo bazabaza kijyanye n’indezo kuko igihe babyaye bajya ku rutonde rw’abahabwa amafaranga”.

Ushinzwe umutekano mu isantere ya Kadahenda , avuga ko iki kibazo babuze igisubizo cyacyo kuko ngo ababikora baba bakuze.

Agira ati:”Usanga umubyeyi ukuze ari guceza mu kabari , ntacyo wakora kuko itegeko rirabimwemerera, harubwo abagabo bashakanye baza kubacyura hakaba imirwano nibyo twiberamo hano uburaya n’urugomo biri ku kigero cyo hejuru”.

Yakomeje avuga ko , byose biterwa nuko haje umushinga ufasha abagore batwite ndetse n’ababyaye ukabaha amafaranga, ati:”Umugore utwite ndetse n’uwabyaye ajya ku rutonde agahabwa amafaranga , nicyo gituma abagore mu ngo zabo byanze bakaza mu kabari gushakisha ko babona umugabo wabatera inda kugira ngo batangire kwibonera ifaranga”.

Twagerageje kuvugana n’Ubuyobozi bw’umurenge wa Kimonyi ariko kugeza ubwo twasohoraga iyi nkuru ntacyo baradutangariza kuko Gitifu Mukasanga Gaudance uyobora uyu Murenge yavuze ko yagize ibyago Atari kuboneka.

Igihe azabonekera, tukazabagezaho icyo avuga ku ngamba bagiye gufatira iki kibazo cy’aba bagore bavugwaho kwiyandarika Kandi bakuze.

Clement Bagemahe

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In