Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Musanze: Bahangayikishijwe n’uburaya bw’abagore birirwa bahiga abagabo bo kubarongora

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/12/05
in HOME, AMAKURU
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Bamwe mu bagore batuye mu murenge wa Kimonyi, cyane cyane mu isantere ya Kadahenda, mu karere ka Musanze, ngo birirwa bahiga abagabo baryamana nabo ngo baterwe inda kugira ngo bibonere amafaranga igihe babyaye.

Bamwe mu baturage baganiriye n’itangazamakuru bavuze ko uburaya ari kimwe mu bibateye impunge , dore ko ngo bumaze kwiyongera kugeza naho bamwe mu bagore basigaye biteretera abagabo.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Bagira bati:”Hano iwacu ,abagore basigaye birirwa mu tubari, birirwa banywa Inzoga bamara gusinda bagatwara abagabo b’abandi , baba babizeza ko nibabatera inda ntacyo bazabaza kijyanye n’indezo kuko igihe babyaye bajya ku rutonde rw’abahabwa amafaranga”.

Ushinzwe umutekano mu isantere ya Kadahenda , avuga ko iki kibazo babuze igisubizo cyacyo kuko ngo ababikora baba bakuze.

Agira ati:”Usanga umubyeyi ukuze ari guceza mu kabari , ntacyo wakora kuko itegeko rirabimwemerera, harubwo abagabo bashakanye baza kubacyura hakaba imirwano nibyo twiberamo hano uburaya n’urugomo biri ku kigero cyo hejuru”.

Yakomeje avuga ko , byose biterwa nuko haje umushinga ufasha abagore batwite ndetse n’ababyaye ukabaha amafaranga, ati:”Umugore utwite ndetse n’uwabyaye ajya ku rutonde agahabwa amafaranga , nicyo gituma abagore mu ngo zabo byanze bakaza mu kabari gushakisha ko babona umugabo wabatera inda kugira ngo batangire kwibonera ifaranga”.

Twagerageje kuvugana n’Ubuyobozi bw’umurenge wa Kimonyi ariko kugeza ubwo twasohoraga iyi nkuru ntacyo baradutangariza kuko Gitifu Mukasanga Gaudance uyobora uyu Murenge yavuze ko yagize ibyago Atari kuboneka.

Igihe azabonekera, tukazabagezaho icyo avuga ku ngamba bagiye gufatira iki kibazo cy’aba bagore bavugwaho kwiyandarika Kandi bakuze.

Clement Bagemahe

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In