Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

 Ngoma: Uwari umukorerabushake (Youth volunteer) arishyuza leta miliyoni 50Frw

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/02/15
in HOME, AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Niyitanga Pascal wo mu Karere ka Ngoma wahoze ari SEDO arishyuza Akarere ka Ngoma amafranga agera kuri Miliyoni 50Frw nyuma yo kwirukanwa ku kazi ku mpamvu avuga ko ari akarengane.

Uyu wahoze ari Umukorerabushake avuga ko yakoze ikizamini ku mwanya w’umukozi wungirije ushinzwe imibereho myiza mu Kagari ka Nyagatugunda mu Murenge wa Zaza aratsinda.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Uyu avuga ko atsinda ikizami yari avanywe mu Murenge wa Murama Akagari ka Mvumba nabwo aho yari amaze igihe akora uyu mwanya ariko atarawutsindiye.

Avuga ko yatunguwe no kuba yaravanywe kur’uwo mwanya azira kuba ibyo yize bitajyanye n’umwanya akoraho.

Agira ati:” Aho nakoreraga mu Murenge wa Murama, Akagari ka Mvumba biza kurangira bampaye ibaruwa nk’umuntu watsinze ikizamini injyana mu Kagari ka Nyagatugunda”.

Avuga ko mu gihe yamaze kingana n’ukwezi kumwe yaje kubona ibaruwa imukura mu nshingano amaze ukwezi kumwe n’indi minsi ariko bamwishyura igice cy’amafranga gusa.

Avuga ko ngo bamuhagaritse bamubwira ko ibyo yize afitiye dipolome y’amashuri yisumbuye A2 muri comptabilite bidahuye n’ibyo akora

Uyu avuga ko yarenganye kuko asabwa ibyangombwa byo gukora ikizamini yabitanze ndetse agakora n’ikizamini akagitsinda akaba yibaza niba icyo gihe batarabonaga ibyo yize niba bidahuye n’akazi bashakaga kumuha ari naho ahera avuga ko haba hari ikindi kibyihishe inyuma gituma ari kurenganwa.

Avuga ko akwiriye guhabwa indishyi z’uko yirukanwe mu kazi binyuranyije n’amategeko.

Ati:” Mu by’ukuri amafaranga naca Akarere, ngiye guca amafaranga,navuga amafaranga yantunga ubuzima bwanjye bwose, bw’izo ngaruka cyangwa izo nzahura nazo, nasaba nka Miliyoni 50frw.”

Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma, Niyonagira Anathalie

Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma, Niyonagira Anathalie, yavuze ko ikibazo cye bakizi ndetse ko bamugiriye inama yo gushaka akazi k’ibyo yize.
Ati” Byaje kugaragara ko imyirondoro ye ntabwo yari ihuye n’umwanya yapiganiye.”

Yagize ati” Twakoze icyo amategeko ateganya, kandi twaramusobanuriye ku buryo buhagije. Natekerezaga ko yabyumvise kuko haciye iminsi.”
Uyu avuga ko ubuyobozi bwirengagije ko yakoze ikizamini kandi bwari bwasuzumye imyirondoro ye mbere yo guhabwa ibaruwa imushyira mu kazi bityo ko yarenganye.

 

 

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In