Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Ni agahinda! Ibyari ubukwe byahindutse ikiriyo

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/03/02
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Kenshi na kenshi bimenyerewe ko abitabiriye ubukwe biyakira ndetse bakanafungura, Umugabo nyuma y’uko yari atetse ibyo abatashye ubukwe bari burye agatotsi kaje kumwiba agwa agacuho aza gukanguka yisanze mu isafuriya y’isosi y’inyama z’inkoko bari batetse muri muvero birangira apfuye

Umugabo witwa Issa Ismael w’imyaka 25 y’amavuko ukomoka mu Gihugu cya Iraq, yitabye Imana nyuma yo kugwa mu isafuriya yuzuye isosi y’inyama z’inkoko, aho yari arimo guteka mu bukwe, mu gace ka Zakho, gaherereye mu majyaruguru y’iki Gihugu.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Ibi byaje kurangira abatashye ubukwe bakomereje mu itabaro nyuma y’uko uyu mugabo warutetse ibyo bagombaga kurya ahiye.

Ubusanzwe hari abantu baba baramenyereweho kumenya guteka neza ku buryo aho bifuza gutekerwa neza bahamagara umuntu w’umuhanga akaza akabafasha kwakira abantu, ibi nibyo byaje kuba kur’uyu mugabo gusa ngo kubera akazi kenshi yarakubutsemo ntabwo yari yabonye uko aruhuka, ngo ubwo yari yicaye imbere y’ibyo yari atetse rero agatotsi kaje kumwegura maze birangira bamusanze mu zindi nyama.

Ikinyamakuru arabnews.com dukesha iyi nkuru gitangaza ko uyu mugabo ngo yaje gutabaza bagasanga umubiri we wahiye ku rugero rwa 70% byaje no guhita bimuviramo urupfu.

Alejandra Gomez, wearing disposable gloves, stirs a vat of lentils outside a soup kitchen on the outskirts of Buenos Aires, Argentina, Wednesday, March 25, 2020. As a result of the new coronavirus pandemic, people are no longer allowed to eat at soup kitchen locations, but instead are asked to take the free meals to their homes in a plastic container. (AP Photo/Natacha Pisarenko)

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In