Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Ni agahinda: Muri Kenya, Urupfu rw’umunyehuri warukuze cyane rwashenguye benshi

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/11/18
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Abantu barenga 100 barimo abiganaga na Mukecuru Sitienei ndetse n’abamwigisha bari mu bashenguwe n’agahinda bamaze kumva inkuru y’urupfu rwe nyuma yo gufata icyemezo akajya kwiga akuze akaba yapfuye afite imyaka 99  atarangije amashuri ye.

Sammy Chepsiror, umwuzukuru w’uyu mukecuru niwe watangarije ikinyamakuru The Standard cyandikirwa muri Kenya, ko uyu mubyeyi yatabarutse afite imyaka 99 kandi ko yatabarutse mu mahoro.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Uyu nyakwigendera Sitienei yamenyekanye cyane ubwo yafataga icyemezo cyo gusubira mu ishuri ari umukecuru.

Icyo gihe afata icyemezo cyo gusubira mu ishuri yatangaje ko byatewe nuko leta yakuyeho amafaranga y’ishuri  nuko ahita asubira mu ishuri gutyo .

Ku myaka 90 nibwo yari mu mashuri abanza mu mwaka wa gatanu gusa ikindi cyashenguye imitima ya benshi nuko yatabarutse atarangije amashuri ye nk’uko yari yarabyihaye nk’intego.

Uyu mwuzukuru we kandi yatangaje ko uyu unakekwaho kuba ari we wigaga mu mashuri abanza akuze ku isi, yapfiriye iwe mu rugo muri Kenya.

Priscilla Sitienei ngo yatangiye kumva atameze neza mu mubiri we ubwo yajyaga ku ishuri kwiga nk’uko bisanzwe kur’uyu wa gatatu.

We na bagenzi be bigana bafite imyaka 12, bari biteguye gukora ibizamini bisoza biteganijwe gutangira mu cyumweru gitaha.

Nyakwigendera yakuriye muri Kenya akaba ari n’umwe mu babonye icyi gihugu kigera ku bwigenge akaba mu mwaka wa 2010 aribwo yafashe icyemezo cyo gusubira mu ishuri nuko ahita yerekeza mu ishuri rya Leaders Vision .

Nyakwigendera akaba yarazwi cyane ku izina rya “Gogo”, bisobanura nyirakuru mu rurimi rwaho rwa Kalenjin bakamwita gutyo kubera ko ari we wari mukuru mu ishuri no ku kigo yigagaho.

Kimwe mu bintu yaherukaga kuvuga ko cyamukoze ku mutima bikanamushimisha ngo ni aho mu mwaka wa 2015 yatangaje ko yagize amahirwe yo kumenya gusoma no kwandika ibintu atigeze agira akiri umwana.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In