Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ni agahinda! Umugore yatawe muri yombi azira kugurisha umwana kubera amadeni

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/08/15
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umugore ukomoka mu gihugu cy’uburusiya yatawe muri yombi nyuma yo gutanga amakuru kw’abo yari agiye kugurishaho umwana ku mapaund 4000 bikarangira atawe muri yombi.

Amakuru avuga ko uyu mugore nyuma yo kujujubywa n’abo yari abereyemo amadeni ndetse kandi ngo akaba yari afite ubukene bukomeye ari byo byamuteye gufata icyemezo cyo kujya kugurisha umwana we kugira ngo arebe ko yakiranuka n’ibyo bibazo.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Uyu mugore uretse kuba kandi ngo yari afite ibibazo by’ubukene ngo nta kazi yewe nta n’aho yagiraga ikindi kintu yabasha kugurisha dore ko ngo n’umugabo we yari yaramutaye nyamara ariko Uyu muryango wabaga mu nzu y’ibyumba bibiri kandi ngo wubakaga inzu yinjiza £ 1,650 ku kwezi..

Uyu mugore w’imyaka 36 ukomoka mu gihugu cy’uburusiya ariko akaba yaraje guhura n’ishyano dore ko abo yagiye kugurishaho umwana we ari bo bahindukiye bagatanga amakuru bikarangira umugore atawe muri yombi.

Uyu mugore nyuma yo gutabwa muri yombi na Police yo muri icyo gihugu ashaka kugurisha umwana we w’umuhungu w’imyaka irindwi ubu akomeje guhatwa ibibazo kugira ngo akurikiranwe kur’ibi byaha byo gucuruza umuntu.

Bamwe mu bantu batanze aya makuru bakaba ari na bamwe mu bari bagiye kugurishwaho uyu mwana bavuga ko babanje kugira ngo ni imikino cyangwa urwenya bikaza kurangira babonye ko umugore adakina.

Aba ngo byaje kurangira bagiye mu gupiganirwa kugura uyu mwana biza kurangira babonye ko ibintu biaga imikino cyangwa igikorwa cy’ubucucu atariko bimeze babona umugore azanye umwana we nk’uko yakabivuze.

Ikinyamakuru cyo muri Amerika cyitwa mirror.co.uk dukesha iyi nkuru gitangaza ko uyu mugore witwa Nargiza ubusanzwe ufite abana 3 ngo yakiriye amafaranga atanga umwana uwamwakiriye niwe wahise atanga amakuru umugore bamuta muri yombi atararenga umutaru.

Abakorerabushake bo mu muryango uharanira kurwanya ubucakara biyitiriye abaguzi, maze bajya kugura uyu mwana wari wamaze gushyirwa ku isoko ariko bageze i Yekaterinburg, mu burasirazuba bw’icyo gihugu basaga ibyavuzwe byo kugura umwana ari ukuri.

Kugeza ubu uyu mugore akaba afungiwe kuri polisi yo mur’ako gace.

Igikorwa cyo gukiza uyu muhungu kije mu gihe mu Burusiya hari impungenge z’abana bagurishwa nk’abacakara b’imibonano mpuzabitsina cyangwa bakagurisha bimwe mu bice by’umubiri babigizemo uruhare cyngwa bikozwe n’udutsiko tw’abagizi ba nabi.

Nguwo uwatawe muri yombi ari gucuruza umwana we

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In