Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Ni ibyishimo! Nyuma yo kubona ko agiye gupfa atarongoye, yakoze agashya

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/02/23
in AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umugore witwa Judith Elliott yamenye ko afite indwara ya kanseri ndetse ko gupfa byegereje, ahita afata umwanzuro wo gukora ubukwe n’umugabo bari bamaranye imyaka 37 babana ariko batarasezeranye.

Mu gihe bari bamaze igihe kinini babana ndetse bakaba bafitanye abana batatu, bahisemo gukora ubukwe ndetse no kwishima mu gihe bakiri kumwe.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Umuhungu wabo Craig w’imyaka 28 yahisemo gukorera ubukwe bw’akataraboneka  ababyeyi be mugihe mama we arwaye kanseri y’ibihaha aho imyaka iri kumugendana ndetse hakaba ngo habura igihe gito ngo yitabe Imana.

Judith Elliott ufite imyaka 55 akaba amaranye indwara ya kanseri imyaka 5 ageragezwa kuvurwa kugira ngo arebe ko yacuma iminsi ariko gukira bikaba byarananiranye.

Umuhungu wabo Craig akaba yarabahaye impano y’akataraboneka yo kubakodesherezaga Hotel imwe iherereye ku mwaro w’inyanja aho bazajya bakajya bishimira ubuzima bwabo busigaye ku isi.

Ikinyamakuru mirror.co.uk dukesha iyi nkuru gitangaza ko mu gihe hagitegurwa uko ubukwe buzaba hakenewe amafaranga angana na 1000 £ akaba ari arenga Miliyoni 1 y’amanyarwanda, hakaba hatangijwe igikorwa cyo gutwereza kugira ngo ayo mafaranga aboneke.

Ubukwe bukaba buteganyijwe kuba ku itariki ya 3 Werurwe uyu mwaka bukazabera muri hotel iri mu mujyi wa South Shields, umujyi uri ku nkombe z’umugezi wa Tyne muri Metropolitan Borough akaba ari mu majyaruguru y’Ubwongereza.

Bari kumwe n’umuhungu wabo wemeye kuzabakorera ubukwe budasanzwe

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In