Monday, September 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Ni Ishyano! Muri Nigeria Pasteri abanza gukorakora igitsina cy’umukobwa mbere yo kumusezeranya

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/03/03
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Pasiteri Chinedu avuga ko ngo aba ashaka kumenya niba bazabyara cyangwa batazabyara,ngo ibi bikorerwa mu rusengero abantu bareba gusa ngo hari igihe umugeni asabwa kujyanwa ahihereye agakuramo umwenda w’imbere kugira ngo Pasteri asuzume neza.

Pasiteri Chinedu wo muri Nigeria, yavuze impamvu ituma apimira imbere y’iteraniro ibitsina by’abakobwa basengera mu rusengero rwe mbere y’uko bashyingirwa, asobanura ko agamije kureba ko bazabyarana n’abagabo babo.

IZINDI NKURU WASOMA

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Uyu mukozi w’imana yavuze ko ibyo akora bifite akamaro kuko bizafasha aba bakobwa gufata icyemezo ku rushako rwabo.

Yagize ati” Ibi bituma abakobwa badashaka ngo birangire nta bana babyaranye n’abagabo babo.

Abo nsanze batabyara, mbagira inama yo kudashaka kuko gushaka ntubyare birutwa no kwigumira iwanyu.”

Uyu mupasiteri iyo arimo gukora igenzura rye, ibinyamakuru byo muri Nigeria bivuga ko akenshi abikorera ahabona, imbere y’iteraniro.

Dore uko ngo icyi gikorwa gisa n’igitangaje gikorwa

Pasiteri ngo Afata igitsina cy’umukobwa wambaye imyenda, akagikandakanda, akaba yakwemeza ko uyu azabyara cyangwa ko atazabyara,ibi ngo akabikora abakirisitu bose bareba.

Ku rundi ruhande ariko, hari aho asaba umukobwa kwiyambura akenda k’imbere bombi biherereye kugira ngo akore igenzura rye neza kandi mu buryo ngo bwimbitse. Iki kizamini ni nacyo gituma Pasiteri Chinedu afata umwanzuro niba aza kwemerera umukobwa gushyingirwa cyangwa niba atamwemerera.

Ababinenga bavuga ko bitumvikana ukuntu umupasiteri atinyuka gukorera iri suzuma rimeze gutya ahantu hasengerwa Imana, bakavuga ko uyu ari inkunguzi akaba n’inkozi y’ikibi.

Leta ya Nigeria nta cyo iratangaza ku bikorwa bya Chinedu gusa bamwe mu baharanira inyungu za muntu muri Nigeria by’umwihariko igitsina gore bakavuga ko leta ikwiriye kugira icyo ikora igahagarika aya mabi.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In