Sunday, April 2, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Ni Ishyano! Muri Nigeria Pasteri abanza gukorakora igitsina cy’umukobwa mbere yo kumusezeranya

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/03/03
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Pasiteri Chinedu avuga ko ngo aba ashaka kumenya niba bazabyara cyangwa batazabyara,ngo ibi bikorerwa mu rusengero abantu bareba gusa ngo hari igihe umugeni asabwa kujyanwa ahihereye agakuramo umwenda w’imbere kugira ngo Pasteri asuzume neza.

Pasiteri Chinedu wo muri Nigeria, yavuze impamvu ituma apimira imbere y’iteraniro ibitsina by’abakobwa basengera mu rusengero rwe mbere y’uko bashyingirwa, asobanura ko agamije kureba ko bazabyarana n’abagabo babo.

IZINDI NKURU WASOMA

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

GASHORA: ABANA 942 BATEGANYIJWE GUKINGIRWA COVID 19

Uyu mukozi w’imana yavuze ko ibyo akora bifite akamaro kuko bizafasha aba bakobwa gufata icyemezo ku rushako rwabo.

Yagize ati” Ibi bituma abakobwa badashaka ngo birangire nta bana babyaranye n’abagabo babo.

Abo nsanze batabyara, mbagira inama yo kudashaka kuko gushaka ntubyare birutwa no kwigumira iwanyu.”

Uyu mupasiteri iyo arimo gukora igenzura rye, ibinyamakuru byo muri Nigeria bivuga ko akenshi abikorera ahabona, imbere y’iteraniro.

Dore uko ngo icyi gikorwa gisa n’igitangaje gikorwa

Pasiteri ngo Afata igitsina cy’umukobwa wambaye imyenda, akagikandakanda, akaba yakwemeza ko uyu azabyara cyangwa ko atazabyara,ibi ngo akabikora abakirisitu bose bareba.

Ku rundi ruhande ariko, hari aho asaba umukobwa kwiyambura akenda k’imbere bombi biherereye kugira ngo akore igenzura rye neza kandi mu buryo ngo bwimbitse. Iki kizamini ni nacyo gituma Pasiteri Chinedu afata umwanzuro niba aza kwemerera umukobwa gushyingirwa cyangwa niba atamwemerera.

Ababinenga bavuga ko bitumvikana ukuntu umupasiteri atinyuka gukorera iri suzuma rimeze gutya ahantu hasengerwa Imana, bakavuga ko uyu ari inkunguzi akaba n’inkozi y’ikibi.

Leta ya Nigeria nta cyo iratangaza ku bikorwa bya Chinedu gusa bamwe mu baharanira inyungu za muntu muri Nigeria by’umwihariko igitsina gore bakavuga ko leta ikwiriye kugira icyo ikora igahagarika aya mabi.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

March 31, 2023
1.4k
AMAKURU

GASHORA: ABANA 942 BATEGANYIJWE GUKINGIRWA COVID 19

March 31, 2023
1.4k
HOME

Kigali: ku nshuro ya gatatu AIMS yahembye abarimu babaye indashyikirwa muri siyanse

March 28, 2023
1.4k
HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

March 31, 2023

Mu rubanza rwa Prince Kid hagaragayemo ibintu 2 bitagaragaye ubushize

March 31, 2023

GASHORA: ABANA 942 BATEGANYIJWE GUKINGIRWA COVID 19

March 31, 2023

Kigali: ku nshuro ya gatatu AIMS yahembye abarimu babaye indashyikirwa muri siyanse

March 28, 2023

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In