Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ni ishyano: yaguwe gitumo amaze kubaga ipusi agiye kuyigaburira Umugore n’abana be

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/07/24
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu karere ka Musanze Umugabo yaguwe gitumo amaze kubaga ipusi agiye kuyigaburira abo mu muryango we

Ibi byabereye mu mudugudu wa Mubuga wo mu kagari ka Rwebeya mu murenge wa Cyuve ho mu karere ka Musanze, iho hasanzwe injangwe bikekwa ko yabazwe n’umugabo witwa Habyarimana Francois Xavier. Umukecuru babana witwa Ederiburuga Nyiransabimana, avuga ko kuri uyu wa 22 Nyakanga yabyutse agahura n’amashara bigaragara ko yabagiweho, ariko ntabyiteho akigendera, gusa agarutse abuzukuru be bamwereka injangwe yabazwe ibice bimwe biri mu isafuriya

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Uyu mukecuru ubwo yaganiraga na TV1 dukesha iyi nkuru yatangaje ko ubwo yamaraga kubibona yahise atabaza umukuru w’umudugudu, ibice by’inyama z’iyo njangwe byari mu isafuriya babijyana kuri station ya police ya Cyuve nk’uko abisobanura we n’abuzukuru be bavuze ko uyu Habyarimana yigeze kubabwira ko umunsi umwe azabagaburira inyama bakazihaga.

Ati:”nagarutse abana barambwira ngo hariya bahabonye inyama ndetse n’agahanga, barabinyereka, njya ntago nari nabibonye nari nabonye biriya biri mu muryango gusa yabagiyeho. Yewe nabaye muri Congo ariko ntahantu nigeze numva barya injangwe, utundi dusimba baraturya ariko injangwe zo rwose ntahantu nzi bazirya”. Umwuzukuru we nawe yakomeje avuga ko ibi uyu Habyarimana yari yarabigambiriye kuva kera, byanga byakunda bikaba bihuye n’ibyabaye, ati” umunsi umwe twari tuvuye kureba uyu mwana, aratubwira ngo azaduha inyama tuzihage”.

Abaturanyi b’uyu Habyarimana bavuga ko batiyumvisha ukuntu w’umugabo yabagira abandi bantu injangwe ngo bayirye, cyane ko ngo muri aka kace bisanzwe bizwi ko injangwe ikoreshwa n’abarozi bityo byanga byakunda yashakaga kwica uyu mukecuru n’abana. Umuturanyi umwe yagize ati” si uburozi se? ipusi ni uburozi. Nonese iraribwa? Ntago yayibagaburiye ariko yari abigamije. Ese yabuze iki? Ubuse yaratwiyambaje ngo akeneye inyama twanga kumufasha?”.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In