Monday, September 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ni ishyano: yaguwe gitumo amaze kubaga ipusi agiye kuyigaburira Umugore n’abana be

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/07/24
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu karere ka Musanze Umugabo yaguwe gitumo amaze kubaga ipusi agiye kuyigaburira abo mu muryango we

Ibi byabereye mu mudugudu wa Mubuga wo mu kagari ka Rwebeya mu murenge wa Cyuve ho mu karere ka Musanze, iho hasanzwe injangwe bikekwa ko yabazwe n’umugabo witwa Habyarimana Francois Xavier. Umukecuru babana witwa Ederiburuga Nyiransabimana, avuga ko kuri uyu wa 22 Nyakanga yabyutse agahura n’amashara bigaragara ko yabagiweho, ariko ntabyiteho akigendera, gusa agarutse abuzukuru be bamwereka injangwe yabazwe ibice bimwe biri mu isafuriya

IZINDI NKURU WASOMA

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Uyu mukecuru ubwo yaganiraga na TV1 dukesha iyi nkuru yatangaje ko ubwo yamaraga kubibona yahise atabaza umukuru w’umudugudu, ibice by’inyama z’iyo njangwe byari mu isafuriya babijyana kuri station ya police ya Cyuve nk’uko abisobanura we n’abuzukuru be bavuze ko uyu Habyarimana yigeze kubabwira ko umunsi umwe azabagaburira inyama bakazihaga.

Ati:”nagarutse abana barambwira ngo hariya bahabonye inyama ndetse n’agahanga, barabinyereka, njya ntago nari nabibonye nari nabonye biriya biri mu muryango gusa yabagiyeho. Yewe nabaye muri Congo ariko ntahantu nigeze numva barya injangwe, utundi dusimba baraturya ariko injangwe zo rwose ntahantu nzi bazirya”. Umwuzukuru we nawe yakomeje avuga ko ibi uyu Habyarimana yari yarabigambiriye kuva kera, byanga byakunda bikaba bihuye n’ibyabaye, ati” umunsi umwe twari tuvuye kureba uyu mwana, aratubwira ngo azaduha inyama tuzihage”.

Abaturanyi b’uyu Habyarimana bavuga ko batiyumvisha ukuntu w’umugabo yabagira abandi bantu injangwe ngo bayirye, cyane ko ngo muri aka kace bisanzwe bizwi ko injangwe ikoreshwa n’abarozi bityo byanga byakunda yashakaga kwica uyu mukecuru n’abana. Umuturanyi umwe yagize ati” si uburozi se? ipusi ni uburozi. Nonese iraribwa? Ntago yayibagaburiye ariko yari abigamije. Ese yabuze iki? Ubuse yaratwiyambaje ngo akeneye inyama twanga kumufasha?”.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In