Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Ni ryari ikiremwa-muntu kizahabwa agaciro? Abagore 2 baciwe imitwe bazira ko ari abirabura

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/10/13
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umugabo n’umugore we batawe muri yombi nyuma y’uko abagore 2 b’abirabura bashimuswe bagakorerwa iyicarubozo ririmo no gucibwa imitwe 

Iyi nkuru iravugwa mu gihugu cy’ubuhinde aho abagore 2 basagariwe bagakorerwa iyicarubozo bahorwa ko ari abirabura, ababakoreye icyi gikorwa kigayitse bakaba bavuze ko ngo ari umuhango w’igitambo cy’abirabura mu gihugu cy’Ubuhinde.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Bhagval Singh umuvuzi gakondo n’umugore we Laila na Mohammed Shafi ukora umwuga w’ubupfumu bafungiye muri gereza iherereye ahitwa Kerala nyuma y’ubwicanyi buteye ubwoba bwatunguye abantu batari bake.

Ikinyamakuru cyitwa onmanorama.com dukesha iyi nkuru gitangaza ko aba bagore 2 baciwe imitwe ni Padmam w’imyaka 57 na Rosili w’imyaka 49.

Imibiri y’aba bagore yabonetse kuwa kabiri tariki ya 11 ukwakira 2022 iboneka hafi y’urugo rwa Singh i Pathanamthitta aho polisi ivuga ko bakorewe iyicarubozo rikabije kandi abaregwa bakaba bemeye icyaha bikaba byitezwe ko bagezwa imbere y’ubucamanza.

Aba bakekwa ngo bashutse aba bagore babasezeranya kubaha amafaranga kuko ngo bari bafite ikibazo cy’amafaranga maze bahitamo gutamba abo bagore kugira ngo bashimishe imana yabo kandi bave mu bibazo no muri icyo kibazo cy’amafaranga.

Polisi yo muri ako gace yavuze ko igihe Singh yabazwaga yemeye icyaha kugeza ubu aba bombi nukuvuga Bhagval Singh umuvuzi gakondo n’umugore we Laila na Mohammed Shafi bakaba bombi bafunze.

Abo nibo bakurikiranweho guca imitwe y’abagore babiri

Nyuma y’icyi gikorwa kigayitse kandi kibabaje abantu batandukanye bakaba bacyamaganye bivuye inyuma bavuga ko urugero rw’imitekerereze y’abantu bakora ibi bikorwa rugayitse cyane ndetse bagahera aho bibaza igihe ikiremwa-muntu kizahererwa agaciro mur’iyi si cyane cyane abirabura.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In