Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Nigeria: Abiraye mu rusengero bakica abantu, 5 muri bo bamaze gufatwa ngo babiryozwe

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/08/11
in HOME, IYOBOKAMANA
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Inzego z’umutekano mu gihugu cya Nigeria zataye muri yombi abantu bacyekwaho kugaba igitero ku rusengero rumwe mu kwezi kwa gatandatu guheruka aho ibi bitero byahitanye abantu 40 abandi benshi bagakomereka.

Kuw 5 kamena mur’uyu mwaka wa 2022 nibwo igitero cyagabwe kuri kiliziya gatorika ya St francois mu mugi wa Owo mu majyepfo y’uburengerazuba bwa Nigeria maze abantu bagera kuri 40 bose barapfa abandi benshi kugeza na nubu bataramenyekana imibare yabo barakomereka.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Ibi bikimara kuba inzego z’ubuyobozi zikaba zari zashyize iki gitero ku mutwe w’iterabwoba w’abadjihadistes wa leta ya kisiramu witwa ISWAP.

General,Lucky Irabor umugaba w’ingabo yabwiye abanyamakuru ko bataye muri yombi abari inyuma y’icyo gikorwa cyo kwica inzirakarengane muri kiliziya.

Abatawe muri yombi bakaba barisanze baguye mu mukwabo wakozwe n’igisirikare, polisi ndetse n’izindi nzego z’umutekano.

Ibiro ntaramakuru by’abongereza reuters.com bitangaza ko kugeza ubu abantu 5 bakurikiranweho ibi bikorwa bamaze gutabwa muri yombi ndetse Guverineri wa leta ya ondo, Rotimi Akeredolu akaba avuga ko harimo umwe mubacumbikiye aba bicanyi aho biriwe mbere gato yo gukora igitero ndetse akavuga ko ibikorwa byo gufata abandi nabyo bigikomeje.

Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari akaba yanenzwe kutagira icyo akora ku mitwe yitwaje intwaro ndetse n’iy’ibyihebe ikomeje guhungabanya umutekano wa Nigeria.

Ngurwo urusengero rwaguyemo inzirakarengane zisaga 40
Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In