Sunday, September 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Nigeria: Abiraye mu rusengero bakica abantu, 5 muri bo bamaze gufatwa ngo babiryozwe

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/08/11
in HOME, IYOBOKAMANA
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Inzego z’umutekano mu gihugu cya Nigeria zataye muri yombi abantu bacyekwaho kugaba igitero ku rusengero rumwe mu kwezi kwa gatandatu guheruka aho ibi bitero byahitanye abantu 40 abandi benshi bagakomereka.

Kuw 5 kamena mur’uyu mwaka wa 2022 nibwo igitero cyagabwe kuri kiliziya gatorika ya St francois mu mugi wa Owo mu majyepfo y’uburengerazuba bwa Nigeria maze abantu bagera kuri 40 bose barapfa abandi benshi kugeza na nubu bataramenyekana imibare yabo barakomereka.

IZINDI NKURU WASOMA

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

Ibi bikimara kuba inzego z’ubuyobozi zikaba zari zashyize iki gitero ku mutwe w’iterabwoba w’abadjihadistes wa leta ya kisiramu witwa ISWAP.

General,Lucky Irabor umugaba w’ingabo yabwiye abanyamakuru ko bataye muri yombi abari inyuma y’icyo gikorwa cyo kwica inzirakarengane muri kiliziya.

Abatawe muri yombi bakaba barisanze baguye mu mukwabo wakozwe n’igisirikare, polisi ndetse n’izindi nzego z’umutekano.

Ibiro ntaramakuru by’abongereza reuters.com bitangaza ko kugeza ubu abantu 5 bakurikiranweho ibi bikorwa bamaze gutabwa muri yombi ndetse Guverineri wa leta ya ondo, Rotimi Akeredolu akaba avuga ko harimo umwe mubacumbikiye aba bicanyi aho biriwe mbere gato yo gukora igitero ndetse akavuga ko ibikorwa byo gufata abandi nabyo bigikomeje.

Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari akaba yanenzwe kutagira icyo akora ku mitwe yitwaje intwaro ndetse n’iy’ibyihebe ikomeje guhungabanya umutekano wa Nigeria.

Ngurwo urusengero rwaguyemo inzirakarengane zisaga 40
Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

Rulindo: Abantu bacukuye imva batwara ibihumbi 500Frw uwapfuye yashyinguranywe

September 9, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In