Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IYOBOKAMANA

Ntabwo turwanira abayoboke ahubwo turarwanira abantu na satani- Past Rurangwa, ADEPR Kigali

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/08/31
in IYOBOKAMANA
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu gitaramo cyiswe Bye Bye vacance cyateguwe na ADEPR Ururembo rwa Kigali bafatanyije n’Umujyi wa Kigali, Umushumba wa ADEPR ururembo rwa KIGALI aravuga ko icyi gitaramo cyateguwe hagamije kwegera no kuzana urubyiruko kuri Kristo.

Ibi byagarutsweho mu Kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kur’uyu wa gatatu tariki ya 31Kanama 2022.

IZINDI NKURU WASOMA

Padiri Twagirayezu wahawe kuyobora Diyozezi ya Kibungo ni muntu ki?

Ntibisanzwe! Umupasiteri yihaye kwigana Yesu birangira ahasize ubuzima

Umushumba wa ADEPR Ururembo rwa Kigali Rurangwa Valentin yavuze ko icyi Ari igitaramo cyateguwe hagamije kubwiriza urubyiruko.

Agira ati:”Ni igitaramo twateguwe tureba ahanini Ku rubyiruko nubwo n’abandi bibareba, turifuza ko urubyiruko n’abanyeshuri bagiye kuzajya Ku ishuri bagenda ariko bamaze kumva ijambi ry’Imana”.

Akomeza agira ati:” Icyi giterane ni icyi mu mujyi wa Kigali, Turifuza ko kuwa gatanu tuzaba turi kumwe muri car free zone noneho kuwa gatandatu tukazaba turi kuri ADEPR Nyarugenge Kandi uko akazaba Ariko ku cyumweru bagasengera mu matorero iwabo ariko imirimo yose yo mu rusengero igakorwa n’urubyiruko kugeza no Ku maturo bagaturisha”.

Asoza agira ati:”Ntabwo turwanira abayoboke ahubwo turarwanira abantu na satani niyo mpamvu twifuza ko n’urubyiruko cyane ko aribo benshi dufite bamenya ubutumwa bwa Kristo”.

Naho Umushumba mukuru wa ADEPR NDAYIZEYE Isaie we avuga ko gutekereza urubyiruko Ari muri gahunda yo gutera igiti cyiza, cyera imbuto nziza zizasoromwaho n’abakirisitu b’ahazaza cyane ko ngo mu minsi ya vuba bazaba aribo bayobozi b’itorero.

Ni igiterane cyiswe Bye Bye vacance kizitabirwa n’Abahanzi n’amakorali yo muri ADEPR barimo Couple ya Papy Claver na Dorcas, Alexis Dusabe, Simon Kabera, Shaloom Choir, Elayono Choir, Jeovah Jireh n’abandi bahanzi n’amakorali atandukanye,…….

Past NDAYIZEYE Isaie, Umushumba mukuru wa ADEPR

Facebook Comments Box

Related Posts

AMAKURU

Padiri Twagirayezu wahawe kuyobora Diyozezi ya Kibungo ni muntu ki?

February 22, 2023
1.4k
AMAKURU

Ntibisanzwe! Umupasiteri yihaye kwigana Yesu birangira ahasize ubuzima

February 18, 2023
1.5k
HOME

Protected: Abazitabira Rwanda Revival Conference barizezwa kuzahembuka ku mutima no ku mubiri

February 1, 2023
1.5k
HOME

Ni umwanda-Ikibazo cy’abasenyeri bashaka kubana bahuje ibitsina cyahuruje imbaga

January 18, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In