Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibisanzwe! Abaganga 3 bari mu mazi abira bazira guca bagatwara ahatazwi ibice by’umubiri w’umwana wapfuye.

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/10/11
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Abapolisi bo mu gace kazwi ku izina rya Leta ya Delta ho mu gihugu cya Nigeria bemeje ko bataye muri yombi abaganga batatu bo mu bitaro byigenga (byagizwe ibanga) kubera gukekwaho icyaha cyo guca no kwiba ibice birimo amaso, amazuru n’amatwi y’uruhinja rwapfuye.

Igitangazamakuru cyitwa nigerianeye.com gikorera muri Nigeria dukesha iyi nkuru kivuga ko ibitaro byatanze uyu mwana yapfuye ku cyumweru tariki ya 9/10/2022 nyuma y’aho byemerejwe n’umuganga ushinzwe gukurikirana abana aha akaba ari nyuma yo kwemeza ko yapfuye.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Iki kinyamakuru gitangaza ko umwe mu batangabuhamya utashatse ko izina rye rimenyekana yagize  Ati: “Ababyeyi b’uyu mwana baje bazanye abapolisi bafata abaforomo bamwe bari mu bitaro bajya kubafunga”.

Akomeza agira ati:” Ababyeyi bazanye umwana mu bitaro ku cyumweru nimugoroba, ako kanya umuganga w’abana bacu arebye umwana yemeza ko umwana yapfuye”.

Yongeraho ati:”Ibitaro byari byabasezereye maze ababyeyi bajyana umwana ariko igitangaje nuko uyu munsi kuwa mbere ababyeyi bazindutse bazana umwana bagashinja ibitaro kumukuramo amaso, amazuru n’amatwi”.

Aya makuru kandi yemejwe n’umupolisi ushinzwe imibanire rusange n’ubuyobozi bwa leta, Bwana Bright Edafe, wemeje ko abaforomo 3 koko batawe muri yombi.

Yagize ati: “Ni ukuri ariko ntiharaboneka ibisobanuro birambuye ku byabaye, amakuru twabonye ni uko umwana yagejejwe mu bindi bitaro ariko yoherezwa muri ibyo bitaro ari naho umwana yapfiriye gusa bimwe mu bice bye by’umubiri bikaba nta biriho”.

Aba baganga bakaba bakiri kubazwa kugira ngo ibyo bakurikiranweho nibibahama babiryozwe.

 

 

 

 

 

 

 

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In