Sunday, September 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibisanzwe! Abantu 4 bari mu kaga nyuma yo gukekwaho kurya abantu

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/01/14
in NTIBISANZWE, AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Polisi yo muri leta ya Zamfara mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nigeria yataye muri yombi abantu bane bacyekwaho kurya abantu no kugurisha ibice by’umubiri – ikintu kidasanzwe muri ako karere.

Abo bacyekwa bafashwe nyuma yuko abapolisi basanze umurambo mu nzu irimo kubakwa, utariho ibice bimwe by’umubiri, nkuko umukuru wa polisi muri iyo leta Ayuba Elkana yabibwiye abanyamakuru ku wa kane.

Ibyo byagezweho mu iperereza ku mwana w’umuhungu w’imyaka icyenda waburiwe irengero.

Abo bacyekwa, abagabo babiri n’abahungu babiri b’ingimbi, batawe muri yombi mu cyumweru gishize, nkuko Bwana Elkana yabivuze, yongeraho ko abandi bacyekwa kuba muri icyo gico barimo gushakishwa.

Uwo mukuru wa polisi yavuze ko amaperereza yahishuye ko ucyekwaho kuba umukuru w’icyo gico, hari inshuro ebyiri yarishye abandi bacyekwaho kurya abantu akabaha ama-naira 500,000 (miliyoni 1,2 mu mafaranga y’u Rwanda) mu kugura ibice by’imibiri y’abantu.

Leta ya Zamfara ni imwe muri za leta zugarijwe bikomeye n’inkubiri y’ubwicanyi muri Nigeria, ndetse no gushimuta abantu hagasabwa indishyi kugira ngo barekurwe. Ni mu gihe abategetsi barimo kunengwa kunanirwa guca ibikorwa by’urugomo.

Mu cyumweru gishize, amakuru avuga ko abantu batari munsi ya 200 biciwe mu rukurikirane rw’ibitero byagabwe mu byaro byinshi byo muri iyi leta.

Facebook Comments Box

IZINDI NKURU WASOMA

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

Related Posts

HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

Rulindo: Abantu bacukuye imva batwara ibihumbi 500Frw uwapfuye yashyinguranywe

September 9, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In