Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Ntibisanzwe, Abantu bifashe mapfubyi nyuma y’aho Umugabo w’imyaka 22 afashwe ku ngufu

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/11/08
in AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu gihugu cy’ubwongereza Polisi ikomeje gushaka amakuru inahiga bukware uwakoze icyaha nyuma y’uko bimenyekanye ko umugabo w’imyaka 22 y’amavuko afashwe ku ngufu mu gitondo cyo kuri iki cyumweru mu mugi wa Bolton.

Muri gitondo cyo kuri icyi cyumweru nibwo abapolisi bagejejweho amakuru y’ifatwa ku ngufu ry’umugabo bivugwa ko byabereye ku muhanda wa Black Mawdsely muri Bolton mu masaha ya saa 3:30.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Nk’uko uwafashwe ku ngufu abitangaza ngo yegerewe n’umugabo hafi ya Nelson Square wagendanaga na we ku muhanda wa Black Mawdsely gusa ngo uko bagenda uyu mugabo yakomeje kugenda amusatira, ibintu byaje no kurangira uyu mugabo amufashe ku ngufu. Mu yandi magambo umugabo yafashwe ku ngufu n’umugabo mugenzi we.

Ntibigaragazwa neza mu rwego rwo kubungabunga uburenganzira n’icyubahiro cy’uwafashwe ku ngufu.

Nta makuru yigeze atangwa ku waba yafashe ku ngufu uyu mugabo.

Umupolisi Serija, Dominic Beaver, wo mu gice cya jandarumori ya polisi (GMP) ya Bolton, yagize ati: “Iki ni ikintu gitangaje kandi giteye ubwoba kandi uwahohotewe kuri ubu ari gufashwa n’abapolisi b’inzobere.”

Akomeza agira ati:“Turakurikiza inzira zose z’iperereza kugira ngo tumenye umuntu ubiri inyuma kandi turizera ko ashyikirizwa ubutabera”.

Kugeza ubu ntibyari bisanzwe kumva aho umugabo afatwa ku ngufu kandi agafatwa n’umugabo mugenzi we, gusa abantu bose bakomeje kumirwa bibaza aho isi yaba iri kugana.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In