Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Ntibisanzwe! Aribaza impamvu amurusha abakunzi benshi mu rubyiruko

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/30
in HOME, NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Bobi Wine nyuma yo kubona ko Lt Gen Muhoozi Kainerugaba akaba n’umugaba mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka amurushya gukundwa n’urubyiruko rwinshi byatumye yibaza icyo yakora ndetse binamuca intego ku buryo bukomeye.

Ibi byaje nyuma y’uko uyu Bobi Wine wamenyekanye nk’umuhanzi mu gihugu cya Uganda abonye uburyo abantu benshi barimo n’urubyiruko bitabiriye isabukuru ya Muhoozi ari benshi.

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

Igipimo cy’urukundo urubyiruko rukunda Muhoozi cyatumye Bobi Wine ashenguka cyagaragaye kur’uyu wa Gatandatu tariki 24 Mata 2022 ubwo hizihizwaga isabukuru y’amavuko y’imyaka 48 uyu Lt Gen Muhoozi Kainerugaba amaze avutse, aho urubyiruko rwaturutse mu bice bitandukanye by’igihugu, rwerekanye uburyo rukunda Muhoozi haba mu kwitabira ari rwinshi ndetse no mu kanyamuneza bagaragazaga mu maso yabo.

Gushenguka umutima kwa Bobi wine kwahuhutse ubwo Muhoozi mu ijambo yagejeje ku bari bitabibiriye ibyo birori yavuze ko icyo ashyize imbere ari imibereho myiza y’urubyiruko ibintu byatumye rwongera kumwishimira cyane.

Ibyo Bobi Wine akimara kubyumva yahise atangaza ko ibyo Muhoozi yakoze ari igikorwa gisa no kwiyamamaza.

Yagize ati :”Banya-Uganda mwese muhaguruke mumfashe turwanye ubuyobozi bw’igitugu bwa Perezida Museveni kuko ibi bari gukora ni amarenga yo kwiyamamaza”.

Gusa ariko yogeraho ko ngo nubwo urubyiruko rwamugaragarije ko rumwishimiye ariko agira ati”Ntabwo bariya mubona bamushyigikiye”

Kugeza ubu abantu banyuranye bakomeza kubona Muhoozi nk’umuntu ushobora kuba yazasimbura ise ku buyobozi bwa Uganda gusa ku rundi ruhande abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Museveni bakaba batabikozwa.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023
1.5k
HOME

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023
1.4k
HOME

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023
1.5k
HOME

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In