Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Ntibisanzwe! Guterera ivi mu rukari byamusabye gutanga ibifaranga byinshi cyane

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/07/04
in IMYIDAGADURO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Ndizeye Innocent uzwi nka Kigeme akaba umukinnyi w’ikipe ya Mukura avuga ko byamusabye amafaranga akabakaba gato ibihumbi 500 ariko avuga ko yabikoze mu rwego rwo gushimisha umukunzi we.

Uyu mukinnyi yasabye Umukunzi we Dusenge Redempta ko bazabana akaramata ariko bitangaza benshi impamvu byakorewe mu rukari ku ngoro y’umwami.

IZINDI NKURU WASOMA

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

Uyu mukinnyi asobanura iki kibazo yavuze ko kuba nta muntu wundi wigeze ahakorera iki gikorwa bitavuze ko bidashoboka bitewe n’inyungu umuntu yaba abifitemo

Agira ati:”Kuba nta muntu wundi wabihakoreye ntibivuze ko umuntu abisabye atabyemererwa, gusa bitewe n’amateka ari kuri iyi Ngoro iri Nyanza, benshi bumvaga ko bidashoboka.”

Kigeme aganira na ISIMBI, yavuze ko yafashe iki cyemezo nyuma y’imyaka 5 bakundana na Redempta.

Ati “Redampta nanjye twari tumaze imyaka igera muri 5 dukundana kandi icyo namukundiye cyatumye numva yazambera mama w’abana banjye ni imico ye.”

Avuga ko guhitamo kumwambikira impeta mu Rukari i Bwami, imbere y’Inteko y’Umwami (Intebe y’Umwami), byaturutse ku mukunzi we kuko ngo yabanje kuganira na we maze yumva ahantu akunda maze ahamujyana kubera ko ahakunda.

Avuga ko ari igikorwa cyabahenze nubwo atifuje gutangaza amafaranga nyirizina byamutwaye, gusa ngo na none byamutwaye amafaranga menshi kuko ngo ari hafi gushyika ku bihumbi 500 y’u Rwanda.

Ndizeye Innocent uzwi nka Kigeme ni umukinnyi wa Mukura VS ikipe yo mu Karere ka Huye aho amaze igihe akinira iyi kipe bikaba bivugwa ko nyuma yo kwambika impeta uyu mukobwa igikorwa cyabaye muri icyi cyumweru gishize aba bombi ngo bitegura gukora ubukwe mu minsi ya vuba ndetse ngo bishobora no kutarenga iyi mpeshyi ya 2022.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023
1.5k
HOME

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

March 9, 2023
1.4k
HOME

Umuhanzi Mico the Best yafunzwe, menya icyo yazize

March 6, 2023
1.5k
HOME

Umuhanzikazi Knowless yibarutse umwana wa 3

March 4, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In