Umupolisikazi wo mu gihugu cya Ghana witwa Princilla Serwaa Dufie ari mu ba polisikazi bakomeje kubica bigacika kubera ubwiza bwe butuma abagabo benshi bakora ibyaha kugira ngo abe ariwe ubafata abafunge, ubu noneho ifoto ye yambaye ubusa ikaba ikomeze guteza ibibazo abagabo batari bake.
Nk’uko tubikesha imbuga nka exclusif.net, Priscilla Serwaa Dufie yavutse ku ya 20 Ukuboza 1997, ni umupolisi w’icyamamare wo muri Ghana, akaba ari na rwiyemezamirimo kuko akora ibikorwa by’ubucuruzi.
Azwi ku isi yose nka Ama Serwaa Dufie, yabaye umuntu uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’amashusho agaragaza ikimero cye n’isura ye nziza yagiye akwirakwizwa hirya no hino.
Dore amwe mu mafoto ye akomeje gutuma abagabo bamwirukaho cyane:
Â
Â
Â
 Â
Â
Â