Monday, September 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibisanzwe! Inzoka yageze mu ndege ihagarika amaraso y’abantu

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/10/19
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Muri Leta zunze Ubumwe za America Inzoka yateje impagarara mu ndege nyuma yo kumva mugenzi wabo wari wicaye mu mwanya w’icyubahiro avuga ko abonye inzoka ku birenge bye.

Ibi byabaye kur’uyu wa mbere aho uyu mugenzi yabonye iyi nzoka mu ndege yariri kururuka ku kibuga mpuzamahanga cya Newark Liberty giherereye muri Leta ya New Jersey muri America.

Ku bw’amahirwe ariko ngo iyi nzoka yaje gukurwa mu ndege n’abashinzwe umutekano ariko ibi bikorwa nta muntu numwe iriye gusa abari bari mur’iyi ndege bose bari bahiye ubwoba.

IZINDI NKURU WASOMA

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Ikinyamakuru Washington Post dukesha iyi nkuru gitangaza ko Sosiyite y’Ubwikorezi bwo mu kirere yitwa United Airlines yavuze ko iyi nzoka yakuwe mu ndege kandi ko nta mugenzi yigeze irya cyangwa ngo ahungabane mu bundi buryo.

Ntabwo hatangajwe uburyo iyo nzoka yageze mu ndege gusa ariko abari bayirimo bashimiye Imana nyuma y’uko iyi nzoka ibonetse bari kugera aho bajya kuko ngo iyo iza kuboneka bakiri mu kirere byashoboraga kuba byateza impanuka ikomeye.

Ubuyobozi bwatangaje ko abakozi bashinzwe ibikorwa by’inyamanswa n’ishami ry’igipolisi gishinzwe ikibuga cy’indege aribo bakuye iyo nzoka mu ndege .

Bivugwa ko abatwara indege bakimara kumenya aya makuru ngo bahise bahamagara byihutirwa inzego zibishinzwe kugira ngo iki kibazo gikemuke.

Ibi byaherukaga kuba muri Gashyantare aho na none inzoka yagaragaye mu ndege ya AirAsia yerekezaga muri Maleziya hakaba hari abari batangiye kuvuga ko ibi byaba ari uburozi ariko abakuriye inzu ndangamurage y’amateka Kamere ya Floride, bakaba banyomoje ibi bavuga ko inzoka isanzwe iboneka muri buri Ntara ya Floride kandi ngo ntabwo ari uburozi cyangwa amashitani.

Abashinzwe umutekano batabaye inzoka ikurwa mu ndege

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In