Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibisanzwe! Mu itorero rimwe ryo mu Rwanda Abapasiteri 25 birukanwe bazira amaturo

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/08/30
in NTIBISANZWE, IYOBOKAMANA
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu itorero kwizera mu Rwanda hadutse umwuka mubi  aho Abapasiteri 25 muri 29 bagize iri torero bamaze kwirukanwa bazira kubaza irengero ry’amaturo y’abakirisitu

Baravuga ko Pasiteri Hakizimana Andre, ukuriye iri torero mu ntara y’amajyaruguru, ari we kibazo kuko yubatse akazu yikubira amaturo y’abakirisitu yose, ngo ugerageje kuba ikijyanye n’amaturo ahita amuca mu iterero amushinja ubusinzi cyangwa kugumura abakirisitu n’ubujura.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Abapasiteri 25 bikurukanwe barimo gutabaza, bagira bati:”Kwizerana kwabaye gukeya bitewe n’ubuyobozi , umupasiteri ugerageje kubaza imikoreshereze y’amaturo ahita acibwa mu itorero , twe twibaza impamvu tumaze Imyaka 12 dutura ariko tukaba tutabona imikoreshereze y’amaturo yacu, turatabaza leta badutabare Pasiteri Hakizimana Andre yubatse akazu we n’umugore we akuriye Rejiyo bikubiye umutungo wose w’itorero”.

Pasiteri Hakizimana Andre , we ibi bavuga arabihakana, ati:”Abo bapasiteri twirukanye n’abasinzi Kandi bagumura n’abaturage harimo n’abajura kuko hari uwo baragije Inka ashaka kuyigumana, ikindi kuki bashaka ko ibyange ntunze biba iby’ibyitorero Kandi nabo batunze ibyabo,, twe ntabwo duhembwa”.

Biravugwa ko uyu pasiteri hari imishinga ajya yakira inkunga ayita ko ari iyo kuzamura itorero bikarangira inkunga zibonetse ariko bikaburirwa irengero.

Umunyamakuru avuga ko hashize igihe abaza urwego rw’igihugu rushinzwe imiyoborere harimo amadini n’amatorero (RGB) iby’iki kibazo ari ko yabuze amakuru, bamusabye kwandika E-mail arabikora ariko kugeza ubu inkuru isohotse nta gisubizo yahawe.

Nta gikozwe ngo iri torero, ritabarwe bamwe baraza gufungwa kubera gucurirwa ibyaha nkuko babivuga, cyangwa bivirimo kwicana nkuko hari abakirisitu bavuga ko abapasiteri b’i Nyange barwaniye mu rusengero.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In