Saturday, September 23, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Biratangaje! Mu Karere ka Gasabo ijerekani y’Inkari z’umugore utwite ni imari ikomeye

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/02
in HOME, NTIBISANZWE
0
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Hari urujijo ku mushinwa wadutse mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Jabana, Jali-Gisozi, aho ashaka inkari z’abagore batwite, ijerekani yuzuye izo nkari akayigura amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 17.

Aya makuru yuko inkari z’abagore batwite ari imali ihenze yamenyekanye kuwa 31 Werurwe 2022 ariko hakibazwa ikibazo gikomereye cyo kumenya icyo izi nkari zikoreshwa.

Amakuru avuga ko umunyamahanga uvugwa ko ari umushinwa akoresha Moto n’imodoka akagenda azenguruka mu ngo ashakisha abagore batwite kugira ngo abagurira inkari zabo.

IZINDI NKURU WASOMA

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

Nk’uko ikinyamakuru hanga dukesha iyi nkuru kibitangaza, abaganiriye nacyo bavuga ko bafite ubwoba. Umwe muri bo ati“:Tumaze hafi ukwezi mu ngo zacu haza abamotari batubaza ahari umugore utwite ngo bamugurire inkari, habonetse imari ishyushye, none abamaze kuzigurisha bafite ubwoba ko byabakoraho cyangwa bikabagiraho ingaruka”.

Amakuru kuri iri gurwa ry’inkari z’abagore batwite ndetse n’aba bazenguruka mu baturage bazishaka ikinyamakuru hanga.rw kivuga ko kitarabasha kubona abavugwa ngo bagire icyo batangaza, gusa ubuyobozi nabwo bigaragara ko nta cyo bushaka kubitangazaho, ntawe uzi niba babikorera ubwende cyangwa se ari amakuru badafite neza.

Mudaherenwa Regis, Umuyobozi w’Akarere ka Gasabo w’ungirije (DDEA) yabwiye Hanga ko iby’iki kibazo byabazwa aba bagore bazigurisha cyangwa abagabo babo, ati:” Mubibaze abo bagore cyangwa abo bashakanye”.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

Rulindo: Abantu bacukuye imva batwara ibihumbi 500Frw uwapfuye yashyinguranywe

September 9, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In