Friday, March 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibisanzwe! Mu Karere ka Huye, Umukecuru bamusohoye mu nzu ahitamo kujya kwibera mu kirundo cy’ibyatsi 

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/05/09
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Ahishakiye wo mu Mudugudu wa Muhwa ,Akagari ka Kabatwa ,Umurenge wa Kigoma ho mu Karere ka Huye aba munsi y’igiti cy’Umuvumu cyatemwe gitwikirije ibyatsi n’ibyenda bishaje,abanamo n’umukobwa we w’imyaka 22 n’umwuzukuru we w’imyaka 2 .Ahantu bigaragarira amaso ko nta mutekano ikiremwamuntu cyahagirira.

Ahishakiye avuga ko ubu baryama nk’ingurube, ubuzima bamazemo amezi abiri nyuma yo kurambirwa ubusembere bari bamazemo imyaka itatu biturutse ku biza byabasenyeyeho inzu bari batuyemo yari muri iki kibanza bagarutsemo.

IZINDI NKURU WASOMA

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

Uyu Mubyeyi agira Ati’’Aha nahavanwe n’umuyobozi w’Umudugudu ,Niwe waje kuvuga ngo ntazabateza ibibazo .Yandangiye aho njya gucumbika , nahamaze amezi icyenda biba ngombwa ko bansohora mu nzu yabo ngo babonye ubaha amafaranga ,njya ahandi mpamara amezi naho Icyenda’’.

Akomeza avuga ko naho byaje kurangira ahavuye kubera ikibazo cy’ubshobozi bwo kwishyura ubukode nyuma ajya gusembera mu Mudugudu baturanye naho birangira ahavuye kubera kubura ubukode.

Abaturanyi ba Ahishakiye bavuga ko bahangayikishijwe n’ubuzima abayemo bityo ko Leta yamushyira mu bagenerwa ubufasha bwo kubakirwa kandi bigakorwa mu buryo bwihuse ,umwe ati’’Hari nabo bubakira ukabona bo bafite aho baba ,bafite n’icyabatera inkunga,ariko we dukurikije uko tumubona nta n’ikintu na mba afite aheraho’’

Umunyamabanga Nshingwakikorwa w’Umurenge wa Kigoma,Dukundimana Cassien yabwiye Tv1 dukesha iyi nkuru ko ubuyobozi atari uko bubona ikibazo cya Ahishakiye kuko ngo nk’umuturage ubarizwa mu cyiciro cya Gatatu cy’Ubudehe atagomba gufashwa.

Uyu muyobozi avuga ko ibintu uyu muturage yakoze byo kujya kuba mu kirundo cy’ibyatsi bifatwa nko kwigaragambya kuko ngo yahawe inzu mu Mudugudu akayanga.

Ati’’Umutuage wo mu Cyiciro cya Gatatu, yahuye n’ibiza mu 2020 niba atari mu 2019 , ari mu baturage bakanguriwe kubaka bagafashwa kubona isakaro. Hagati aho hari inzu mu Mudugudu imaze imyaka 5 ntamuntu uyibamo yanze kuyijyamo’’

Gusa uyu muturage arahira avuga ko ubuzima abayemo atari amahitamo yifuza ko kubera imvura imurara ku mutwe ko ahubwo yakomeje gusirasira asaba ko yafashwa kubona aho aba bityo ko yahisemo kugaruka mu kibanza cye kuko yari amaze gufata amadeni menshi kandi ntaho akura ubwishyu.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k
HOME

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In