Monday, September 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibisanzwe mu Rwanda: Umusore yatawe muri yombi nyuma yo gutingana ku ngufu

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/01/06
in NTIBISANZWE
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu karere ka Gicumbi mu murenge wa Muko Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umusore witwa Ndacyayisenga w’imyaka 22 uzwi ku izina rya Cyabakobwa nyuma y’uko atinganyije ku ngufu umusore mugenzi we yigize umukobwa akamukometsa igitsina.

Ibi byabaye mu ijoro ryo kur’uyu wa mbere tariki ya 03 Mutarama 2022, mu masaha ya Saa mbili z’ijoro bibera mu murenge wa Muko mu karere ka Gicumbi.

IZINDI NKURU WASOMA

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Umwe mu baturage yavuze ko aya mahano koko yabaye kuri uyu musore uzwi ku izina rya Cyabakobwa wigabije abantu benshi yigira umukobwa akabahamagara mu ijwi rya gikobwa agamije kubambura utwabo ubundi agahita abasaba ko bamutinga ku ngufu arinabyo byabaye, (we akabasaba ko bamushyira igitsina mu kibuno cye).

Uyu muturage agira Ati: “Uwo muhungu ubusanzwe tumwita Cyabakobwa, yahamagaye umwana w’umuhungu wo mu kagari ka Nganji aza azi ko aje kureba umukobwa kuko uyu musore n’ubundi asanzwe yiyoberanya kubera ko mu gihe cyashize nabwo yigeze guhamagarwa ku murenge birangira afashwe arafungwa kuri RIB station ya Rutare kubera kubeshya abantu’’.

Akomeza agira ati:”Uwo muhungu yaraje ibyakurikiye nyuma nanjye simbizi, ubwo nyine yahise amusambanya, umuhungu asambana n’undi muhungu”.

Gitifu w’Akagali ka Rebero byabereyemo, Karangwa Jack, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru yemeje iby’iyi nkuru.Ati: “Byabaye ejo bundi umwana w’umuhungu ukunda guhinduranya amajwi akigira umukobwa, yahamagaye undi muhungu wo mu kagari duhana imbibi kitwa Nganji witwa Nshimiyimana Eric, yamuhamagaye yigize umukobwa undi nawe yitaba nk’uvugana n’umukobwa, we agenda aziko agiye guhura n’uwo mukobwa nyuma ahageze asanga ni umuhungu arikumwe n’undi muhungu hanyuma yahise amubwira ati “Siwari uje kurongora se?, Nubundi rero urarongora”.

Gusa niba bari babyumvikanyeho ibyo ntabwo twabimenye ariko icyabaye nuko byaje kuviramo uwaje aziko yitabye umukobwa gukomereka ku gitsina kuko twabibwiwe no kwa muganga uretse ko natwe twabyireberaga imbona nkubone, ubwo rero uwo muhungu yakoze uburiganya bwo guhamagara uwo akaza akamusanga mu kagari ka Rebero Umudugudu wa Kirara hari mu masaha ya saa mbili”.

Gitifu yakomeje avuga ko uyu musore yahise atabwa muri yombi Aho afungiye kuri RIB Station ya Rutare mu gihe uwo watinganyijwe we yahise ajyanywa ku kigo nderabuzima naho akaza kuvanwayo ajyanwa kubitaro bikuru bya Byumba.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In