Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibisanzwe: Mu Rwanda,Uwarusanzwe aragira inka yajyanye inzoka kuri Polisi bamusaba kuyishyingura we ayikatana ku ruhande

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/05/14
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Abantu batari bake bahiye ubwoba ubwo babonaga umugabo wo mu Karere ka Nyagatare waruri gutemberana n’inzoka y’uruziramire nyuma y’uko yayijyanye kuri Polisi bakamusaba kujya kuyishyingura undi we agahitamo kuyizengurukana mu baturage ibintu byarangiye atawe muri yombi

Kur’uyu wa Kane tariki 12 Gicurasi 2022 nibwo mu karere ka Nyagatare hagaragaye umugabo wari ufite inzoka nini y’uruziramire iteye ubwoba agenda azenguruka mu gace aho bamwe mu baturage bakijijwe n’amaguru bakiruka .

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Amakuru dukesha Kigali Today avuga ko abaturage babonye uyu mugabo bakagwa mu kantu kubera ukuntu  ngo yizengurutsagaho inzoka ndetse bakavuga ko bakeka ko ashobora kuba ari umupfumu n’ubwo bari basanzwe bamuzi ari umushumba uragira inka.

Umwe mur’aba baturage yagize ati “Jye nsanzwe muzi ahitwa Rugaga muri Bwera aragira inka ariko nanjye natunguwe no kubona afite uruziramire agenda avuga ngo ni nde mugabo warukoraho, ni nde mugabo warwica?”

Uyu yakomeje agira ati “Niba bamuroze, niba yarabaye umupfumu byose sinamenya muzi ari umushumba uragira inka gusa.”

Amakuru akomeza avuga ko iyi nzoka y’uruziramire yari yiciwe mu rwuri rw’umworozi saa moya z’ijoro ku wa Gatatu tariki ya 11 Gicurasi 2022, maze abashumba bayica umutwe n’umurizo, nyuma umwe muri bo ayisabwa n’uwo waruzengurukanaga arayimuha ayizana kuri Sitasiyo ya Polisi ya Matimba mu rukerera.

Ayihagejeje ngo yasabwe kujya kuyihamba ariko birangira akomeje kuyizengurukana mu baturage.

Ibintu byatumye atabwa muri yombi ajyanwa kwa muganga.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In