Wednesday, May 31, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Ntibisanzwe! Pasiporo ya Perezida yatakaye mu 1993 yabonetse ubu itoraguwe

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/04/04
in AMAKURU, HANZE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Urupapuro rw’inzira rwa Perezida wa Sudan y’Epfo Salva Kiir rwari rumaze igihe rwaratakaye rwabonetse nyuma yuko rwari rwatakaye mu mpanuka y’indege yabaye mu 1993

Umuryango wo muri Kenya ku cyumweru watanze urwandiko rw’inzira (pasiporo) rwa Perezida wa Sudan y’Epfo Salva Kiir, rwatakaye mu 1993 mu mpanuka y’indege.

Inkuru dukesha BBC ivuga ko Urwo rwandiko rw’inzira rwari rwarabitswe neza n’uwo muryango mu gihe cy’imyaka 30 – ruri hamwe n’ibindi bintu by’abagenzi bari bari muri iyo ndege yakoreye impanuka mu karere ka Baringo ko mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Kenya.

Uwo muryango wo mu cyaro cya Sawmill wari wanatoye, ahabereye iyo mpanuka, imitako yo kwambara ku kuboko ya Perezida Kiir.

Minisitiri Barnaba Benjamin ushinzwe imirimo yo mu biro bya Perezida wa Sudan y’Epfo yayoboye intumwa zagiye kwakira urwo rwandiko rw’inzira n’imitako ya Kiir, mu muhango witabiriwe n’abaturage bo muri icyo cyaro.

Ubwo iyo mpanuka yabaga, Kiir yari umugaba mukuru w’ingabo z’umutwe wa Sudan People’s Liberation Army (SPLA).

Muri iyo ndege hari harimo abandi bantu batanu, barimo umupilote wayo, umusirikare wacungaga umutekano wa Kiir, abaganga babiri b’Abanya-Norvège hamwe n’Umwongereza, bivugwa ko uyu yahise apfira aho habereye iyo mpanuka.

Abatuye muri icyo cyaro batabaye abarokotse iyo mpanuka bari baheze mu bisigazwa by’iyo ndege, banategura uburyo bwo kubajyana ku bitaro.

Mu kubitura iyo neza, leta ya Sudan y’Epfo yavuze ko izubaka ibitaro bigezweho muri ako gace, bizitirirwa Perezida Kiir.

Ahabereye iyo mpanuka hazanaba ahantu ndangamurage wa Sudan y’Epfo, hahindurwe ahasurwa na ba mukerarugendo.

Facebook Comments Box

IZINDI NKURU WASOMA

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

Related Posts

HOME

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

May 30, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

May 28, 2023
1.5k
HOME

Inkuru y’akababaro: Umuntu umwe yitabye Imana ubwo Agakinjiro ka Gisozi kashyaga

May 24, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Mu gakiriro ka Gisozi hahiye

May 23, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

May 30, 2023

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

May 28, 2023

Inkuru y’akababaro: Umuntu umwe yitabye Imana ubwo Agakinjiro ka Gisozi kashyaga

May 24, 2023

Kigali: Mu gakiriro ka Gisozi hahiye

May 23, 2023

Kigali: Dasso yafunzwe akurikiranweho icyaha cya ruswa

May 23, 2023

Umunyamakuru Ismael Mwanafunzi agiye kurongora umukobwa wahoze ayobora Radio ikomeye mu Rwanda

May 22, 2023

Kwibuka 29: ADEPR Kabeza bibutse abakirisitu bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

May 21, 2023

Umugore yakoze igisa n’ubukunguzi mu biroli byo kumenya uko azaba ameze ari gushyingurwa napfa

May 18, 2023

Mu bitaro bya Kabgayi, Ibihombo biravuza ubuhuha

May 18, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In