Friday, March 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibisanzwe! Pasiteri ari gushakishwa ngo aryozwe abantu yatanzemo ibitambo kwa shitani

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/07/09
in NTIBISANZWE, IYOBOKAMANA
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu gihugu cya Ghana haravugwa inkuru idasanzwe y’umupasiteri witwa Rev Obofour uri gushakishwa na Polisi nyuma yo kuvugwaho ko ajyana abantu kwa shitani akabatangamo ibitambo agamije kwamamara.

Ibitangazamakuru bitandukanye byo mu gihugu cya Ghana biravuga ko hari Umupasiteri witwa Rev Obofour ushinjwa kwica abantu akajya abatangamo ibitambo kugira ngo abashe kwamamara mu bantu benshi.

IZINDI NKURU WASOMA

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

Ibi byamenyekanye biturutse ku buhamya bw’umugabo witwa Ayisha Modi watangaje uko ngo Pasiteri Rev Obofour yishyize mu bintu byo kwica abantu batandukanye kugira ngo abatangemo ibitambo.

Uyu Ayisha amaze kumenya aya mafuti ya Pasiteri Obofour byateye ubwoba Pasiteri maze atangira gushaka uko yakwiyegereza Ayisha ndetse anamuhonga ibintu byinshi ashaka ko atazamushyira hanze ariko Ayisha amubera ibamba.

Nyuma gato yuko ibi bitangazwa Ayisha Modi yatangaje ko Pasiteri yashatse kumuha ingurane ingana na Hegitare 3 z’ubutaka kugira ngo amubikire ibanga ntamushyire hanze ariko undi aza kubyanga.

Ubu ngubu abantu bakomeje kugenda ndetse no gusenga bigengeseye kugira ngo hatagira undi muntu utangwamo ibitambo ndetse bakaba basaba ko uyu mupasiteri yakurikiranwa akaryozwa abantu yatanzeho ibitambo.

Uyu mupasiteri kandi nggo azwi nka Prophet Asanteman Bofour akaba yaramenyekanye nyuma yo gushinga itorero rizwi nka Anointed Palace Chapel (APC) aho yamenyekanye cyane ahagana mu mwaka wa 2018 nk’uko tubikesha urubuga rwa www.ghanaweb.com.

Ni umwe mu bapasitori bakize muri Ghana kuko yahaye imodoka zirenga 15 abantu bo mu itorero rye barimo Intumwa Emmanuel Badu Kobi n’abandi benshi akavuga ko ari we mumarayika mukuru w’ukuri wenyine muri Ghana.

Mu buhamya bwa Ayisha ntabwo hagaragajwe umubare uyu mupasiteri yaba amaze gutangaho ibitambo gusa kur’ubu abashinzwe umutekano muri Ghana batangiye gushakisha uyu mupasiteri witwa Rev Obofour kugira ngo atabwe muri yombi maze aryozwe abantu yishe akabatangamo ibitambo.

 

 

 

 

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k
HOME

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In