Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibisanzwe! Pasiteri mu kaga nyuma yo guhanura ko nta munyafurika uzajya mu ijuru

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/05/19
in NTIBISANZWE
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu gihugu cya Ghana,Umupasteri bamwe bakunze kwita intumwa uzwi ku izina rya Agya Dan arahamya ko nta munyaGhana cyangwa umwirabura ukomoka muri Afrika uzajya mu ijuru ngo kubera imitima yabo mibi.

Urubuga rwa lindaikejisblog.com rutangaza ko kuva uyu muhanuzi yatangaza aya magambo abantu benshi bamurakariye cyane kuko ngo bishoboka ko yaba yatangaje ibi yavangiwe n’umwuka wa satani.

Kugeza ubu Prophet Agya Dan wo muri Ghana yarakariwe n’abantu benshi ndetse bikomeje gufata indi ntera y’uburakari ku bantu banyuranye nyuma yo kumva amagambo yatangajwe n’uyu mukozi w’Imana avuga ko ngo nta muntu ukomoka muri Afurika uzajya mu ijuru niba koko ribaho.

Ibi ngo Prophet Agya Dan yabitangaje ubwo yabwirizaga mu itorero rye ijambo ry’Imana, ryatunguye itorero ryose, kandi ngo yavuze yeruye ko nta mwirabura, ndetse n’ababwiriza b’ijambo ry’Imana, yaba umupasiteri, umuhanuzi cyangwa musenyeri mukuru,wemerewe kwinjira mu bwami bw’Imana.

Yagize ati: “Nta munya Ghana, nta mwirabura uzinjira muri paradizo, niba ijuru rihari, nta mwirabura uzaryinjiramo, waba uri Musenyeri cyangwa umushumba, nimushake mwambare imyenda miremire nk’iyanjye, ntimuzinjira mu ijuru kubera imitima yanyu mibi.”

Uyu Prophet Agya Dan ubusanzwe ngo ni umuhanuzi akaba n’uwashinze itorero rya Power Revelation,ubusanzwe ngo amazina ye ni Daniel Kwaateng akaba azwi ku izina rya Agya Dan.

Reba video hano uyu mupasiteri ahanura ko Abanyafurica hehe no kwinjira mu ijuru:

https://ibendera.com/wp-content/uploads/2022/05/278471129_1037734357177398_5168777730863863769_n.mp4

 

Facebook Comments Box

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In