Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Ntibisanzwe! Pasiteri yasabye abagore kujya baza gusenga batambaye amakariso kubera impamvu idasanzwe!

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/06/20
in HOME, NTIBISANZWE
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Icyifuzo kidasanzwe cyateje ururondogoro mu bantu aho Umupasiteri uzwi cyane i Nairobi muri Kenya witwa Reverend Njohi yasabye abakirisitu b’abagore kujya baza gusenga batambaye amakariso n’amasutiye  kugira ngo umwuka wera uzinjira mu mibiri yabo byihuse. 

Inkuru dukesha ikinyamakuru cyitwa Nigerian Watch cyo muri Nigeria ivuga ko Rev. Njohi yasabye ab’igitsina gore basengera mu rusengero rwe kujya baza gusenga batambaye imyenda y’imbere kugira ngo batazajya bagora umwuka wera mu gihe yaba ashaka kubinjiramo.

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

Ibi ngo Pasiteri yabisabye abagore mu gihe cy’amasengesho yo kuramya Imana mu rusengero rwitwa Lord’s Propeller Redemption Church ruherereye i Nairobi mu gihugu cya Kenya.

Uyu mupasiteri ngo yaje kotwa igitutu n’abakuze cyangwa abasheshe akanguhe bo mu rusengero maze Pasiteri yisubiraho avuga ko abagore badakwiye kwambara amapantaro n’amasutiye igihe baje gusenga, kugira ngo umwuka wera naza bizamworohere kwinjira mur’abo bagore.

Ubwo yashakaga kumvikanisha aya mategeko Rev. Njohi yavuze ko iyo ugiye mu rusengero uba ugomba kuba wibohoye mu by’umubiri n’iby’umwuka kugira ngo ubone kwakira Kirisitu.

Rev. Njohi yasobanuye kandi ko kwambara imyenda y’imbere ku bagore n’abakobwa bitajyanye n’ubushake bw’Imana kuko ngo bibangamira mwuka wera ashaka inzira yo kwinjira mur’abo bagore.

Ku itariki 11 Kamena 2023 ngo umwe mu bayoboke b’iri dini yatanze ubuhamya bw’uko abagore n’abakobwa bose b’iri dini bari bumviye pasiteri ku cyemezo yari yafashe cyo kutambara amapantaro n’utwenda dufunga amabere, gusa uyu ntiyavuze niba n’amakariso bari bayafashije hasi.

Kugira ngo wumve ko ibi bintu byari byakajijwe ndetse byahawe agaciro nuko ngo abagore bari basabwe kugenzura abakobwa ba bo mbere yo kwinjira mu rusengero ku Cyumweru kugira ngo bahamye neza ko bumviye ubutumwa bwo gufasha hasi utwenda tw’imbere ku buryo na bo bakwakira Kirisitu nk’abandi.

Uru rusengero rwitwa Lord’s Propeller Redemption ruyoborwa na Rev. Njohi ruherereye mu gace ka Dandora ya kabiri kakaba kavugwaho kuba ari kamwe mu duce dutuwe n’abantu benshi muri Kenya kuva mu mwaka w’1977 kugeza na n’ubu.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023
1.5k
HOME

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023
1.4k
HOME

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023
1.5k
HOME

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In